skol
fortebet

Ifoto ya Anita Pendo igaragaza uburyo Yirya yasekeje abantu batari bake mu bayibonye(AMAFOTO)

Yanditswe: Thursday 18, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo yashyize hanze ifoto agaragazamo ngo uburyo yirya ariko yasekeje abantu batari bake bayibonye,aho ndetse bagiye bayivugaho byinshi bigiye bitandukanye. Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo,abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto aho yavuganga ngo uburyo atariwe uzava kuri iyi si atiriye,aho yagize ati “Sinjye uzava kuri iyi si ntiriye diii..hahahahah”.
IYI NIYO FOTO YASKEJE ABANTU Y’UBURYO NGO ANITA (...)

Sponsored Ad

Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo yashyize hanze ifoto agaragazamo ngo uburyo yirya ariko yasekeje abantu batari bake bayibonye,aho ndetse bagiye bayivugaho byinshi bigiye bitandukanye.

Umunyamakuru akaba n’umushyushya rugamba Anita Pendo,abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto aho yavuganga ngo uburyo atariwe uzava kuri iyi si atiriye,aho yagize ati “Sinjye uzava kuri iyi si ntiriye diii..hahahahah”.


IYI NIYO FOTO YASKEJE ABANTU Y’UBURYO NGO ANITA YIRYA..Hahaha

Iyi Foto ikaba yasekeje abantu batari bake bamukurikirana ku rukuta rwe rwa Instagram ndetse nabandi bamwe bagenda bagira icyo bayivugaho…hari abagiye bavuga ko abarwaza imbavu,abo ngo ashimisha yewe hari nundi mu mama umwe waje we amugira n’inama yo kudashyira Telefone hafi y’umwana atwite,aho yagize ati “Chch ntugashyire telephone hafi y’umu bebe ni bibi.thanks”.Aha uyu mu mama akaba yabikomoje kuri irya Telefone mwabonye Anita yari yateretse ku bibero bye.

Anita atwite inda y’umuzamu w’ikipe ya As Kigali "Ndanda"


Anita Pendo ni umufana w’ibihe byose wa w’ikipe ya Rayon Sports

Anita akaba akundana n’umukinnyi wa As Kigali uzwi ku izina rya Ndanda ari nawe bivugwa ko wamuteye inda y’umwana atwite,gusa igitangaje hano nuko Anita Pendo ari umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports mugihe umukunzi we Ndanda afatira ikipe ya As Kigali.

Ibitekerezo

  • ariko njya nibaza abanyamakuru bomurwanda niba muba mwabuze amakuru mutanga bikanyobera,ikindi kuki mwishimira iteka guharabika abantu?noresi avuyeho muje kuri Anita uyumwana wumukobwa mumuhe amahoro ninyangamugayo.kdi muge mushaka inkuru zagira abantu akamaro naho amafoto ya pendo nubuzimabwe ntacyo byatumarira

    mwabuze inkuru kabisa nkubu koko societe ikeneye kumenya uko Anitha yiriwe yicaye ... puuu

    Ngewe munteye niseseme ubwo c Akazi kanyu nako kuvuga ibitabareba mwagiye mutangaza ibyagirira abantu umumaro

    Anita ubu yumva kwirirwa avuga ko atwite inda y’indaaro bimuteye ishema???? Jye narumiwe pe. Abanyamakuru bakibivuga nari nzi ko bamubeshyera, ariko ngiye kumva numva nuwayimuteye bimuteye ishema; Anita nari nzi ko ari umukobwa uzi ubwenge ariko burya ni birihanze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa