skol
fortebet

Ifoto ya Asinah igaragaza ingano y’igitsina cye yavugishije benshi amangambure

Yanditswe: Sunday 24, Sep 2017

Sponsored Ad

Mukasine Asinah, umuririmbyi w’umunyadushya mu njyana ya Dancehall yashyize hanze ifoto imugaragaza yambaye ipantalo ari mu myitozo, bamwe bashidikanya ku ngano y’igitsina cye.
Ni ifoto yashyize kuri instagram mu masaha 17 ashize, nta kintu yanditseho ariko bigaragara ko yari muri Siporo,yanagaragaje inkweto nziza cyane yari yambaye.Bamwe banditse bamusabira kuva mu idini ngo kuko arisebya.
Yakirijwe ibitekerezo bitandukanye, benshi bamushima bavuga ko Siporo ari nziza abandi bakavuga ko (...)

Sponsored Ad

Mukasine Asinah, umuririmbyi w’umunyadushya mu njyana ya Dancehall yashyize hanze ifoto imugaragaza yambaye ipantalo ari mu myitozo, bamwe bashidikanya ku ngano y’igitsina cye.

Ni ifoto yashyize kuri instagram mu masaha 17 ashize, nta kintu yanditseho ariko bigaragara ko yari muri Siporo,yanagaragaje inkweto nziza cyane yari yambaye.Bamwe banditse bamusabira kuva mu idini ngo kuko arisebya.

Yakirijwe ibitekerezo bitandukanye, benshi bamushima bavuga ko Siporo ari nziza abandi bakavuga ko yambaye imyenda igaragaza ingano y’igitsina cye.Bati ’Birashyushye aho imbere mu ipantalo.’

Hari n’abandi bavuga ko ‘Wapi nta kantu kibereyemo! Uruhinja’, abandi bati ‘Wall umusiramu muzima ntiyambara gutyo uzabivemo kuko ntuzi ibyurimo’.Hari n’abandi bashimangiye ko yambaye neza.

Uyu muhanzi asanzwe azwiho udushya two kwambara mu buryo buvugisha benshi, yaherukaga kwitabira ibirori bya ibirori bya ‘Entertainment Industry Night’ [byateguwe na Miss Sandra Teta], icyo gihe nabwo yari yambaye ikanzu yavuzweho byinshi kuko yerekana amatako n’imyenda y’imbere Asinah yari yambariyeho.

Asinah ukunze kwiyita Erra amaze umwaka umwe yinjiye mu muziki, akora injyana ya Dancehall na Afrobeat.

Ifoto ya Asinah yavugishije benshi

Ibitekerezo

  • Mugirango akore sport yambaye ikoboy ?

    Abavuze amangambure nabatazi ibituba uyu we ntanicyo yibitseho rwose ahubwo muramukorera publicity

    Abavuze amangambure nabatazi ibituba uyu we ntanicyo yibitseho rwose ahubwo muramukorera publicity

    ko mbona kangana urwara se ahubwo!!!

    Ko mbona se afite gato bya hatari? Uriya ntiyampaza kabisa

    ni gato, ni akadomo

    murakabya basi. ingano y’igitsina? mwavyanditse c muyibonye he ko ntayo mbona

    Ariko nigitangaza koko igitsina cye kigaragarahe nukwimajina tu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa