skol
fortebet

Ifoto ya Marina yambaye Ipantalo igaragaza umubyimba n’imiterere by’igitsina cye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 19, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Ifoto ya Marina ari kumwe na Badrama ndetse na Queencha bose babarizwa muri Label imwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda kubera ipantalon yari yambaye.

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Marina ubusanzwe umenyerewe mu itangazamakuru kubera imyambarire ye abenshi bakunze kutavugaho rumwe abandi bakavuga ko ari ukwiyandarika bidakwiye umwali w’u Rwanda.

Iyi niyo Foto ya Marina yavugishije abantu ibitandukanye

Muri iki cyumweru nibwo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zo mu Rwanda hakwirakwijwe ifoto ya BadRama,QueenCha na Marina yambaye Ipantalo igaragaza neza imiterere ndetse n’umubyimba w’igitsina cye,ibintu byagiye bivugisha benshi amagambo atandukanye atari meza kuri uyu muhanzikazi.

Iyi foto ikba ivuzweho byinshi bibi bitandukanye nyuma y’andi mafoto ya Marina nayo yagiye atavugwaho rumwe n’abakunzi b’umuziki Nyarwanda,aho aya mafoto harimo ayagiye afatirwa mu bitaramo yabaga yaririmbyemo bitewe n’imyambarire ye,hakaza n’andi we ubwe yagiye yishyirira hanze nabwo yerekana mu buryo bw’ikimenyetso imiterere y’igitsina cye bamwe bagiye bahamya ko yabaga abikora nkana kugira ngo ashotore igitsina gabo.

Iyi nayo ni Ifoto ya Marina yashyize hanze abishaka abantu bakamunenga cyane

Marina ni umuhanzikazi umuntu yavuga ko akiri kuzamuko kuko nta Album ye iranjya hanze kuva yakwinjira mu muziki,akaba yarinjiye mu muziki yarasanzwe akundana n’umuraperi nyarwanda uzwi nka Edsha nubwo ibyabo bitaje kurangira neza nyuma akaza kongera kuvugwa mu rukundo na The Ben ariko bakagenda babihakana kandi icyo gihe hari n’ibimenyetso by’ibyo bagiye bandikirana babwirana amagambo y’imitoma.

Screenshot y’ibyo The Ben yagiye yandikirana na Marina amwita amazina y’urukundo adasanzwe.


Marina yakundanaga na Edsha nyuma avugwa mu rukundo na The Ben

ANDI MAFOTO YA MARINA YATUNGUYE ABANTU:


Ibitekerezo

  • ibyobinumarin yakoze ntabwo aribyo yatesheje agaciro abakobwa kandinaweyitesha agakiro kubera ayo mafotoyasohoye akwiyegufungwa nyamezit 3 bikamuha iso umuntunkuwonguwo ntago akwiyekwiyandarika bene ako kageni kbx

    Ko ifoto ntayo mbonaho c?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa