skol
fortebet

Ifoto ya Rihanna ari kumwe n’umuhanzi w’umuraperi atambaye yavugshije imbaga y’abantu[IFOTO]

Yanditswe: Friday 17, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Rihanna ukunzwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi bitewe n’ibihangano bye akora bigatuma yigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yatunguye abafana be ubwo yifotozaga ari kumwe n’umuraperi witwa Donald Glover wagaragaye yambaye ubusa igice cyo hejuru.

Sponsored Ad

Ni ifoto yakomeje kugenda yibazwaho byinshi,dore ko Rihanna yagaragaye nta birungo by’ubwiza yiteye ndetse n’uyu muraperi w’umunyamerika akaba nawe yagaragaye atambaye ishati ahubwo yiyambariye akenda gato k’imbere.

Ifoto ya Rihanna n’umuraperi Donald Glover yavugishije benshi

Nyuma y’aho iyi foto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga,benshi mu bafana ba Rihanna bakaba bagiye bayivugaho byinshi bitandukanye gusa bakemeza ko bishoboka ko hari ikintu cy’ibanga aba bombi bashobora kuba barimo gutegura gushyira hanze.

Ibitekerezo

  • Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Ikibabaje nuko abasore n’abagabo nyamwinshi baba bashaka kureba abakobwa bambara ubusa.Imana itubuza gukomeza kureba abakobwa n’abagore,kugirango bitatugusha mu busambanyi.Bisome muli Matayo 5:28.Ni icyaha gukomeza kubareba.Imana ishaka ko twigana YOBU.Ntabwo yitegerezaga abagore (Job 31:1).Kandi abantu bakora ibyo imana yanga kubera gushaka kwishimisha no gukira,nibo benshi mu isi.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Kubera ko abantu banze kumva ibyo imana idusaba,ahubwo bakaba barushaho kuba babi,igiye kuzana Imperuka.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa