skol
fortebet

Ifoto ya ShaddyBoo yambaye ikariso gusa yaciye ibintu hose

Yanditswe: Friday 11, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Shaddy Boo ukunzwe n’abatari bake ku rubuga rwa Instagram yongeye gushyira hanze ifoto ye yambaye bikini amafoto akunze kuvugwa ko ashotora abagabo.

Sponsored Ad

Shaddy Boo asanzwe amenyereweho udushya cyane cyane mu myambarire akaba ari na cyo cyamugize ikirangirire ku mbuga nkoranyambaga ,aho usanga yambara bitandukanye kandi amafoto ye akayasangiza abakuzi be kuri izi mbuga nkoranyambaga.

Kuri ubu ifoto yashyize haze ikaba ikomeje gukundwa n’abatari bake ku rukuta rwe rwa Instagram.

Iyi foto n’ubwo nta bitekerezo byinshi yashyizweho imaze kugira abayikunda(likes) zisaga ibihumbi 23 mu masaha 14 gusa

Uramutse uhuye na we ni irihe jambo rimwe wamubwira? Duhe igitekerezo mu mwanya wagenewe ibitekerezo.

Ibitekerezo

  • Iyo wambaye ubusa inyuma n’imbere nta kiba kirimo.uzabora

    Uko ikbuno kiba kinini niko inyo ziba ari nyinshi.

    uyu ntakindi akwiye usibye kuba yaravumwe na Nyagasani, ntamunyarwandakazi, yewe kiremwa muntu wakabaye umeze utya usibye uwavumwe, arigisha iki?yakabaye ariwe utanga uburere bwiza kuri barumuna be. Gusa nyiribiremwa niwe uzi ikimukwiye. reka ndekere aho.

    ndumiwe gusara sukwirukakugasozi gusa kbs

    Buri wese n’amahitamo ye.Ntawavukiye gukora ibyo abandi bamushakaho.
    Gusa abamutuka muracyari mu Rwanda rwo ku ngoma ya Cyami.Ubu turi muri Repubulika.Ntangazwa no kubona mutangarira Shaddyboo,ahandi hose ibyo babifata nk’ibintu bisanzwe,nta n’ikinyamakuru cyabyandika kuko nta nyungu bifitiye rubanda

    Ubonye ibyo ushyigikira. Ngo turi muri. Repubulika?yo kwambara ubusa ibaho? Akantu kadapima n’ikiro yirirwa yanitse!!!!

    Ubwo busa bwiyereke wenyine ureke kwiyandarika ntacyo bimarira public ese ubwo numushinga?uzamarira abaturage iki kweli?

    nyabuna mwansobanurire ibi bintu byateye byo kwambara ubusa haricyo bitumarira cyangwa nibyabindu nunvise bita porn

    kandi ni umubyeyi w’abana ba bibiri kweli🤔,ubuse koko uburere atanga ni ubuhe nk’umubyeyi!!!!!

    njye ndumva nacyo bitwaye kuko niba aribyo yahisemo afite umpamvu ibukako buri wese agira impamvu ye so don’’t judge her keep it up😎😎🙌🙌👌

    Uyu mugore arasabwa kwisubiraho bikomeye kuko ntabwo bimwubahisha.Kandi ibyo arata igihe kizagera bibe ubusa. Namuha inama yo kwicuza akagarukira Imana.

    Njyewe ndamushyigikiye. Abanyeshyari nibo bari kumusebya ufite umutungo italenta arikoresha uko ashaka ngo aribyaze umusaruro kandi yigeze kuvuga kuriyo ngingo ko aba ari gushaka umugati w’abana be.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa