Ifoto Zari yashyize hanze yambaye ikariso igaragaza umubyimba w’igitsina cye yavugishije imbaga nyamwinshi
Yanditswe: Sunday 14, Jul 2019
Zarinah Hassan wamamaye nka Zari, uyu mugore w’abana ba 5 harimo babiri yabyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz ari mubyishimo bidasanzwe n’umukunzi we mushya nyuma yaho umwaka ushize atandukanye na Diamond nawe witegura kubyarana n’umunyakenya Tanasha Donna.
Uyu mugandekazi Zari Hassan wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, ari mu rukundo n’umusore wahoze ari inshuti y’umugabo we Ivan Ssemwanga witabye Imana.
Umwaka umwe urashize Zari atandukanye n’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz babyaranye abana babiri aribo Tiffah na Nillan.
Babanye nyuma y’aho atandukanye na Ssemwanga bari barabyaranye abana batatu b’abahungu.
Kuva uyu mugore yatandukana na Diamond Paltnumz ntabwo yigeze agaragaza amashyushyu yo kongera gusubira mu rukundo.
Ifoto ya Zari yambaye ikariso imwegereye cyane igaragaza umubyimba w’igitsina cye
Abantu batandukanye bakunda uyu mugore ukundwa n’abantu benshi kubera imiterere y’umubiri we ndetse n’ikimero cye, ku mbunga nkoranyambaga niho usanga abantu batandukanye bagenda banyuza amafoto yabo atandukanye,kuri ubu ifoto igaragaza umubyimba w’igitsina cya Zari Hassan yatumye benshi bacika ururondogoro bamwe bavuga ko yikoreye umutwaro ndetse nabandi bagahamya ko igitsina cye aricyo cyaba gituma akundwa cyane n’abagabo b’abakire.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *