skol
fortebet

Igihe ShaddyBoo yatakarije ubusugi cyatunguye benshi ndetse ngo ntakunda abagabo bo muri Congo[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 21, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Mu Rwanda twavugako hari bamwe bagiye bigarurira imbuga nkoranyamabaga nka Instagram aha harimo Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo , ahamya ko we azatuza mu mutima we mu gihe azaba yagiriye ikiruhuko mu gihugu cya Jamaica.

Sponsored Ad

Uyu mugore w’abana babiri b’abakobwa ubwo yahaga akanya abafana be bakamubaza ibibazo ku rubuga rwe rwa Instagram yagiye yakira ibibazo bitandukanye ariko anabisubiza .

Mu bibazo abafana bibanzeho hari abamubajije igihe yatakarije ubusugi bwe ngo kuko bibazaga ko ari cyera cyane ariko yabahamirije ko ari mu mwaka wa 2011 n’ubwo bamwe batabyemeye.

Ku makuru yo kuryamana na Diamond Platnumz yayahakanye yivuye inyuma agira ati ‘oya’.Mu biganiro bisa n’ibyatinze Shaddy Boo yahamije kandi ko atabana n’umugabo wese waba aturuka mu gihugu cya Congo ngo ntakunda abagabo baho.

Ibitekerezo

  • Kuki Abagore n’Abakobwa mwigira "sex objects"??Ubwawe uremera amahano wakoze kandi uzi neza ko Imana ibitubuza.Inama nakugira nk’umukristu,rekeraho,uze nguhe umuntu mwigana bible ku buntu,azajya agusanga iwawe mwigane.Niwiga bible,izaguhindura,ube umukristu nyakuri.Hanyuma Imana ikubabarire,izaguhe kuba muli paradizo iri hafi.Soma 2 Petero 3:13.
    Niwanga,menya ko ibyo urimo,kimwe na millions nyinshi z’abagore n’abakobwa,bibabaza Imana.Wibuke ko abagabo bagukunda kubera ubwiza Imana yaguhaye.Ejo uzasaza,hekugira uwongera kukureba.Ntabwo Imana yaduhaye umubiri ngo tuwugurishe.It is very shameful.
    Ihane ushake Imana,izaguhe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Kwishimisha mu bagabo,ejo ugasaza,ugapfa hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka Imana ibikiye abayumvira,ni ukugira ubwenge buke cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa