skol
fortebet

Imbyino zidasanzwe n’imyambarire ishamaje bya Urban Boys bikomeje gusetsa abantu batari bake(AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 31, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2: Calvados I remera nyuma bakomereza kuri H-zone Gikondo.
Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, mu tubyiniro tubiri dutandakanye aho itsinda rya Urban Boys ryari gutaramira abakunzi babo mutubyiniro tumaze kwamamara mugutegura ibitaramo bihuza abafana ndetse abahanzi bakunda iki gitaramo (...)

Sponsored Ad

Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2: Calvados I remera nyuma bakomereza kuri H-zone Gikondo.

Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, mu tubyiniro tubiri dutandakanye aho itsinda rya Urban Boys ryari gutaramira abakunzi babo mutubyiniro tumaze kwamamara mugutegura ibitaramo bihuza abafana ndetse abahanzi bakunda iki gitaramo cyabereye kuri Calvados I remera nyuma bakomereza kuri H-zone Gikondo.

Itsinda rya Urban Boys, buri wese yari yiyambariye ukwe, ariko abantu basekejwe n’agakabutura gatukura Safi yari yambaye, ari na ko katumye abenshi bamugarukaho



Imibyinire y’uyu mukobwa yatangaje benshi kuko yabyinaga yirekuye mu buryo bwose






Ibitekerezo

  • kombona ari za mayibobo gusa ziba zihari reba uwo ubyina na safi mbega we

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa