skol
fortebet

Imijyi 20 ikorerwamo ubusambanyi kurusha iyindi yose ku isi [URUTONDE]

Yanditswe: Sunday 18, Nov 2018

Sponsored Ad

Muri iyi minsi ubusambanyi bukomeje kwiyongera yaba ku bantu baziranye ndetse n’abataziranye, aho hamaze gushingwa imbuga za internet zihuza abantu kugira ngo baryamane ndetse byinshi mu byamamare bikomeje gushyira hanze indirimbo n’ ubutumwa by’urukozasoni bishishikariza abantu gukora imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

Mu mijyi imwe yo ku isi ubusambanyi bumaze kuba ikintu gisanzwe ndetse hafunguwe amazu yo guhurizamo abantu bashaka kwimara ipfa ryo gukora imibonano mpuzabitsina,haremwe ibipupe byo kwifashisha ndetse abantu basigaye bahurira ku mbuga nkoranyambaga bakaganira uko bamarana irari.

Ikinyamakuru cyitwa Lazeeva cyakoreye ubushakashatsi mu mijyi irenga 100,kireba uko abantu bitabira kugura filimi z’urukozasoni,uko bagura ibikinisho byifashishwa mu gukora imibonano mpuzabitsina,uko bagura indaya ku mbuga zabigenewe ,n’ibindi,gitangaza imijyi 20 ikorerwamo ubusambanyi kurusha iyinsi ku isi, iyobowe na Paris.

Imijyi 20 ikorerwamo ubusambanyi cyane kurusha iyindi ku isi:
1.Paris
2.Rio de Janeiro
3.London
4.Los Angeles
5.Berlin
6. New York City
7. Sao Paulo
8. Las Vegas
9. Ibiza Town
10. Amsterdam
11. San Francisco
12. Barcelona
13. Montreal
14.Miami
15.Toronto
16.Bangkok
17. Melbourne
18. Hamburg
19. Austin
20. Madrid

Ibitekerezo

  • Ni iki gituma mu mijyi ya Afrika nta n’umwe ugaragaramo ko hakorwa ubusambanyi ku rwego rwo hejuru ariko ugasanga SIDA ibica bigacika mu mijyi ya Africa?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa