skol
fortebet

Imyambarire igaragaza ubwambure bwa Rihanna yongeye kuvugisha benshi [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 05, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Rihanna yongeye gutungura bikomeye abafana be maze ashyira hanze amwe mu mafoto agaragaza bimwe mu bice by’ibanga by’umubiri we.

Sponsored Ad

Robyn Rihanna Fenty uzwi nka Rihanna ni umuhanzikazi w’icyamamare ku isi aho kuri ubu afite imyaka 30 y’amavuko aho yakundanye n’abasitari barimo Chriss Brown umusore batandukanye bikababaza benshi bitewe n’uburyo bakundanaga.

Uyu muhanzikazi ukunzwe n’abatari bake Ku isi yongeye gutera benshi b’igitsinagabo irari ,nyuma y’amafoto atandukanye agenda ashyira hanze yifashishije urukuta rwe rwa Instagram.Muri aya mafoto hamwe agaragara yambaye utwenda duto cyane kuburyo ubona ko n’ibice by’ibanga by’umubiri we bijya hanze.

Mu bitekerezo byashyizwe kuri aya mafoto yabwiwe ko ari mwiza mu gihe abandi bamubwiragaga ko bakumbuye indirimbo nshya , ndetse abandi bamubwira ko bamukunda cyane.
REBA AMAFOTO:



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa