skol
fortebet

Indezo yatumye Zari yibasira Hamisa mu buryo bukomeye-REBA HANO

Yanditswe: Thursday 09, Nov 2017

Sponsored Ad

skol

Zari Hassan umugore wa Diamond yibasiye bikomeye Hamisa Mobetto avuga ko yagaragaje ko ari umunyantege nke.
Hamisa Mobetto yajyanye Diamond mu rukiko amushinja kudatanga indezo y’umwana wabo icyo gihe akaba yarasabaga kujya ahambwa miliyoni 5 z’amashilingi ya Tanzaniya. Nyuma urubanza rwarabaye maze Diamond asabwa kuzajya atanga amafaranga angana 9200 yo muri Kenya buri kwezi yo kurera umwana we.
Ibi bikaba aribyo byatuye Zari yibasira mukeba we abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.
Zari (...)

Sponsored Ad

Zari Hassan umugore wa Diamond yibasiye bikomeye Hamisa Mobetto avuga ko yagaragaje ko ari umunyantege nke.

Hamisa Mobetto yajyanye Diamond mu rukiko amushinja kudatanga indezo y’umwana wabo icyo gihe akaba yarasabaga kujya ahambwa miliyoni 5 z’amashilingi ya Tanzaniya. Nyuma urubanza rwarabaye maze Diamond asabwa kuzajya atanga amafaranga angana 9200 yo muri Kenya buri kwezi yo kurera umwana we.

Ibi bikaba aribyo byatuye Zari yibasira mukeba we abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.

Zari yagize ati: ”Njye sinakwaka indezo y’umwana, njyewe Zari nakwigendera n’ubushongore bwanjye. Ni abana bawe kuki umugore asaba ubufasha mu kurera umwana we. Mufashe(Dylan). Kuki usaba ubufasha.”

Nyuma y’aho Zari amenyeye ko Hamisa Mobetto yabyaranye na Diamond yakunze kumvikana aterana amagambo n’uyu mukeba we.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa