skol
fortebet

Irebe Natacha uhagarariye u Rwanda muri Miss Africa 2018 yifotoje yambaye Bikini [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 25, Dec 2018

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi Irebe Natacha Ursule witabiriye Miss Africa 2018 yifotoje yambaye utwenda tw’imbere “Bikini”,muri iri rushanwa ahatanye n’abandi bakobwa 20.

Sponsored Ad

Irebe Natacha Ursule wabaye igisonga cya kabiri cya Nyampinga w’u Rwanda 2018,yakoze ibyo bamwe mu bakobwa b’abanyarwandakazi bagiye banga mu myaka ishize,yambara Bikini kugira ngo abashe kubona amanota yamufasha kwegukana iri Kamba yagiye guhatanira.

Irushanwa rya Miss Africa Calabar 2018 ryitabiriwe n’abakobwa bafite ubwiza bahurira mu mujyi wa Calabar muri Leta ya Cross River mu gihugu cya Nigeria.

Iri rushanwa riri kuba ku nshuro ya Gatatu rizasozwa ku wa 27 Ukuboza 2018,aho umuhango wo gutanga iri Kamba uzabera uri Calabar International Convention Center.



Ibitekerezo

  • Nonese iyo foto iri he? Ese inka yacitse amabere ni iyihe?

    Niyamamaze imari ye nyine, none yajya igurwa ite ?
    Nawe ngo ubwo yakahanyujihe rero Puuuu !!!!!!!

    Biriya nibyo byiza tukamuna imbere ninyuma

    MUFITE MISS NAMWE NTIMUGASEKWE,BIRIRWA BARATA UBUSA HHHH,NZABAMBARIRWA,NIBA ARIWO MUCO BIGISHA BARUMUNA BABO,NDUNVABIBABAJE PE.

    Ariko mwe mutukana mwagiye mureka ubuswa,ko mutarajya ku ma piscine yo mu Rwanda ngo mutukane,muzajye muri Museum I Butare murebe mumuco wacu uko abakobwa bambaraga!mutandukanye umuco nubyo abazungu bazanye.Niba warize imyenda yageze mu Rwanda mu wuhe mwaka?

    Mumarushanwa si mu ishuri ryigisha umuco,sorry wowe utazi aho babyigisha.Kandi ibyo mudakunda wowe Charles na Jaja ntabwo muri reference National pour ka culture !!,mwari negative fan,Rata miss wacu kora icyakujyanye uve kubatazi umuco nyarwanda.Naho abareba bo nibarebe bakure imyumvire idakwuye kumbuga

    Natacha courage,reka ba Charles na Jaja bajyane imyumvire iwabo mu marushanwa yabo.Kandi wasanga ari abiyita abasenga ,ariko bagacumuzwa nifoto gusa

    Natacha courage,reka ba Charles na Jaja bajyane imyumvire iwabo mu marushanwa yabo.Kandi wasanga ari abiyita abasenga ,ariko bagacumuzwa nifoto gusa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa