skol
fortebet

Ishyamba si ryeru hagati ya Bebe Cool na Chameleon bapfa ikipe ya Arsenal

Yanditswe: Wednesday 21, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Jose Chameleone yatangaje ko yahagaritse gufana ikipe ya Arsenal nyuma yuko mukeba we Bebe Cool agizwe umukuru w’abafana bayo muri Uganda.

Sponsored Ad

Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Galaxy FM (Kansanga), aho yavugaga ko urukundo yari afitiye shampiyona yo mu Bwongereza rwahagaze kubera ko Bebe Cool ngo adahagarika ibyo gukunda Arsenal.

Yagize ati “Mfasha ikipe ya Wakiso Giants FC na Barcelona, nahagaritse ibyo gufasha Arsenal kuko ntabwo nafasha ikipe imwe na Bebe Cool, ubu wabaye umuyobozi w’abafana bayo hano”.

Dr Jose Chameleone utarakunze kuvuga rumwe na Bebe Cool dore ko bafatwa nk’abahanzi batangiriye umuziki rimwe kuri ubu inkuru igezweho iravuga ko Chameleone atakomeza gufana ikipe ifanwa na mugenzi we Bebe Cool.

Ibi yabitangaje ubwo yarari mu rujyendo rwo kwamamaza igitaramo cye yise “Legend Saba Saba” kizaba taliki ya 7 Ukuboza 2018, i Lugogo muri ‘Cricket Oval’.aho yanavuze iyi kipe atakimenya n’amakuru yayo kuko ngo yayahariye mugenzi we Bebe Cool.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa