skol
fortebet

Isimbi Noeline yongeye gutungurana asangiza abamukurikira ubwambure bwe

Yanditswe: Tuesday 02, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Isimbi Noeline yamamaye ubwo yiyamamarizaga kuba Miss Rwanda umwaka ushize ariko akavamo ku ikubitiro.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa watanze ubuhamya ko yabaye umwana wo mu muhanda, akaba Uganda ndetse akaza no kugera muri Afurika y’Epfo aciye mu nzira y’inzitane, nyuma gato yo kubura itike yo gukomeza mu marushanwa ya Miss Rwanda, yahise atangira kunyuza amafoto ye yambaye ubusa ku mbuga ze nkoranyambaga cyane cyane Facebook na Instagram.

Nyuma yo kumara igihe asa n’uwabihagaritse, Isimbi Noeline yongeye gutungurana ashyira hanze ifoto ye yambaye ubusa buri buri.

Ibitekerezo

  • Arikose nko naringiye kuguha impanuro za kibyeyi nkigarura kuko ndakeka ko utari busome iki gitekerezo cyanjye kuko Leta yagukojeje inzara. Iragushikiriza babyara nayo bita Ribu. Muzisobanura nayo i Wawa cg se ahandi

    Ariko harikinyobera ko ataba yahishe ubwo busa bwe mwebwe mubuhishiriki kereka niba arimwe aba yifuje kubwereka mwenyine nukajyaho mugakingaho utwo tuntu mujte mubureka kwaba yabudusangije nkuko mwabyanditse muba mubuduhishiriki?

    mubigaragara mumutwe wuyu mwana aracyaruwo mumuhanda,akabaye icwende ntikoga niyo koze ntigacya niyo gacyeye ntigashira umunuko.

    Nkunda ko ari mwiza
    Hari ibibikora ari nabibi

    Ntimukeke ko arwaye mu mutwe.Kubera ko kwambara ubusa bisigaye ari umukino.Ababikora ni millions and Millions.Mwirirwa mubona mu nzira abambaye imyenda icitse ngo ni ibigezweho!! Ni iminsi y’imperuka nyine.Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

    Oya ubu aba ari kumukika imideli.

    Ntawe utanga icyo adafite, muragira ngo akore iki kindi uretse kubibutsa ko ahari wese? None se mwumva ko yavuye mu muhanda agakomereza Uganda gukora iki? Muri Makerere University se?!!! Uburaya bwafashe intera ikomeye ubu ni irushanwa, urushije abandi kwanika ubusa bwe ku karubanda ubu niwe uba ari umu star, ngo afite "followers" benshi kuri Instagram!

    Sinibaza impamvu iyo mwanditse inkuru mukomeza kugaruka ku mateka amwe y’uyu mukobwa! niba muba mwabuze ibyo mumwandikaho, jujye mufotora ayo mafotoye muyatugezeho ubundi murekere aho kukugaruka kuburyo yabayeho nabi mbere yo kumenyekana mu marushanwa ya Miss Rwanda! Ibi nabirambiwe rwose pe! Naho abamwita umusazi bo sinzi aho mubikura! Nibazako utangaza ibijyanye na we ashobora kuba nawe akunda ubu bwambure bwe! Nimurekere aho kumwamamaza, cg se mutubwire ko mwamamaza ubusa bw’abari! Doreko atari we wenyine muhoza mubinyamakuru!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa