skol
fortebet

Jordan Sparks umuhanzikazi w’icyamamare wo muri Amerika yavuze ku bihe byiza yagiriye mu Rwanda[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 18, Dec 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Jordin Sparks yavuze ku bihe byiza yagiriye mu Rwanda ubwo yasuraga ingagi mu 2011.

Sponsored Ad

Ibi yabitangarije mu muhango wo gukunsanya inkungu igamije gushyikira ibikorwa byo kwita ku binyabuzima biba bitandukanye biba muri za pariki byagizweho ingaruka n’icyorezo cya COVID-19.

Jordin Sparks waririmbye indirimbo, yabanje kuvuga ku bihe bidasanzwe yagirye mu Rwanda ubwo yarusuraga mu 2011 agatemberera muri pariki y’ibirunga akibonera ingagi.

Ati “Twagiye mu Rwanda ni hamwe mu hantu heza nagiye mu buzima bwanjye. Twagiye kureba ingagi twakoze urugendo rw’amasaha arindwi, twabonye ingagi nyinshi akana kamwe k’ingagi kaguye imbere y’umugore wari uri I ruhande rwanjye narakiboneye neza byari ibintu bidasanzwe.”

Jordin Sparks biciye kuri Twitter yanavuze ko atazibagirwa amafunguro yariye ahitw Heaven!

Uyu muhanzikazi yamamaye mu ndirimbo zitandukanye na “One Step At A Time”, “No Air” yakoranye na Chris Brown, “Tatoo” n’izindi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa