skol
fortebet

Joy akomeje gutungura benshi n’amafoto yambaye mu buryo bushotora igitsina gabo

Yanditswe: Friday 23, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Umuvandimwe wa Corazon Kwamboka akomeje gutungura abamukurikira n’amafoto yambaye mu buryo benshi bita ko bushotora igitsina gabo.

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Joy Agunjah uzwi ku izina rya Taurean ku mbuga nkoranyambaga kuri ubu akomeje gusakaza hanze amafoto yambaye mu buryo bushotora abagabo aho atagitinya kwiyambika imyambaro igaragaza bimwe mu bice bye by’ibanga.

Ibi bije nyuma yahoo uyu mukobwa atangiye gusaba abamukurikira ko bamutora mu marushanwa ya Pulse Music video awards 2018 aho asaba abantu ko bamutora nk’umukobwa uhiga abandi kujya mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye bo muri kiriya gihugu.

Kuri ubu uyu mukobwa ari mu gikorwa nanone cyo kwamamaza imwe mu myenda y’abakobwa yambarwa imbere y’iyindi ndetse n’iyindi bambara bagiye koga ,aho avuga ko biri mu bituma yigwizaho amafaranga menshi ndetse n’abakiriya.

Uyu mukobwa waciye ibintu mu gihugu cya Tanzania kuri ubu yashyizwe mu mashusho y’indirimbo Hi y’umuhanzi Otile Brown yanifashishije yerekanamo imwe mu myambaro acuruza. Ikindi ni umukobwa uvukana na Corazon Kwamboka umwe mu bakobwa batwaye imitima y’abagabo benshii kubera uburanga bwe burangaza benshi mu gitsina gabo.

REBA AMAFOTO ASAKAZA HANZE:




Ibitekerezo

  • yewe muko warifite ikibuno cyiza nuko kivamo amabyi pe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa