skol
fortebet

Keza waciye ibintu ubwo yifotozanyaga ibendera ry’Igihugu yambaye ubusa yambitswe impeta y’urukundo n’umudiyasipola[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 01, Apr 2019

Sponsored Ad

skol

Keza waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera kwifotoza yikinze ibendera ry’igihugu yambitswe impeta impeta y’urukundo n’umusore bamaze igihe bakundana.

Sponsored Ad

Umunyamideli ubifatanya no gukoreshwa mu mashusho y’indirimbo, Niyigena Solange uzwi nka Keza w’imyaka 22 y’amavuko, asanzwe akora akazi ko kumurika imideli ndetse yabitangiye mu 2013, ni umwe mu banyamideli icumi baserukiye u Rwanda i Lagos mu iserukiramuco ry’imideli rya GTBank Fashion Weekend.

Ku mugoroba wo kuwa Gatatu tariki 27,uyu mukobwa yambitswe impeta y’urukundo n’umusore uzwi nka Richard bamaze imyaka ine bari mu munyenga w’urukundo.

Nubwo yamwambitse impeta ntiharamenyekana igihe bazakorera imihango y’ubukwe bwabo gusa amakuru aturuka mu nshuti ze za hafi avuga ko uyu mukunzi we asanzwe akorera ubushabitsi mu Bwongereza, yari yaje mu Rwanda azanywe no kumwambika impeta.



Ibitekerezo

  • Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa