skol
fortebet

Keza wifotoje yikinze ibendera , yongeye kwifotoza mu buryo budasanzwe

Yanditswe: Saturday 24, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyarwandakazi Niyigena Solange wiyita Keza Terisky ku mbuga nkoranyambaga yongeye gushyira hanze amafoto ye yambaye uko yavutse nyuma yo kwigaragaza yambaye ubusa akikinga ibendera ry’igihugu .
Keza wamamaye kubera kwambara ubusa akikingaho ibendera ry’igihugu,yaje kuntengwa cyane bikomeye na Hon. Bamporiki ukuriye itorero ry’igihugu kuri uyu wa Gatanu Keza Terisky akaba yongeye gusangiza kumugaragaro abantu bamukurikira kurubuga rwa instagram ,amafoto agaragaza yambaye imyenda irimo (...)

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi Niyigena Solange wiyita Keza Terisky ku mbuga nkoranyambaga yongeye gushyira hanze amafoto ye yambaye uko yavutse nyuma yo kwigaragaza yambaye ubusa akikinga ibendera ry’igihugu .

Keza wamamaye kubera kwambara ubusa akikingaho ibendera ry’igihugu,yaje kuntengwa cyane bikomeye na Hon. Bamporiki ukuriye itorero ry’igihugu kuri uyu wa Gatanu Keza Terisky akaba yongeye gusangiza kumugaragaro abantu bamukurikira kurubuga rwa instagram ,amafoto agaragaza yambaye imyenda irimo Ikariso ndetse n’ isutiya (Bikini ) ari koga .


Ubu ni ubugira kabiri uyu mukobwa akoze aya mahano kuko uyu mukobwa yagiye avugwa mwitangazamakuru ryo mu Rwanda kubera kugaragaza ibikorwa by’ urukozasoni ibidasanzwe birimo nko kwiyambaika imyambaro idahwitse .dore ko ari umwe mu abakobwa bo mu Rwanda bagiye bagaragraa mu ndirimbo zitandukanye z’ abahanzi nyarwanda barimo Active .

Benshi mubabonye amafoto agera kuri ane yashyize ahagaragara bagiye bamuvugaho amagambo adasanzwe aho bamwe bamunenga ,abandi bakamutaka uburanga bwe, nubwo hari abandi bahamya ko iyi myambaro yagaragaye yambaye idakwiye kwambarwa n’ umukobwa uzi nteza indangagaciro z’ umuco nyarwanda ndetse na kirazira .

Ibitekerezo

  • Sinzi icyo mwita kwambara ubusa nuburenganzira bwe kandi nta busa yambaye wenda ibyo mwifuza ngo mubone ibyo mwandika nuko yayikuramo yose! ! ariya, si amakuru abantu bakeneye keretse niba a bishyura

    Niba ari kureshya se cyangwa izindi business mutazi, muri kuribwa he ngo aze kubashima?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa