skol
fortebet

Kim Kardashian na Demi Rose bafite imiterere idasanzwe baciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto akurura abagabo bashyize hanze [AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 17, Nov 2018

Sponsored Ad

Ibyamamare ku isi mu mideli Demi Rose na Kim Kardashian byongeye guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire yabyo ikurura abagabo.

Sponsored Ad

Demi Rose w’imyaka 23 ni Umwongerezakazi ukundwa a benshi biganjemo ab’igitsina gabo kubera imiterere y’umubirir we cyane cyane ikibuno ibintu asangiye na Kim Kardashian ukomoka muri USA.

Aba bakobwa bombi barazwi ku isi ndetse amafoto yose bashyize hanze avugisha benshi mu bagabo bayabona ndetse benshi bacika ururondogoro.

Kim Kardashian wahunze umuriro wibasiriye umujyi batuyemo wa Malibu,yongeye kugaragara yambaye utwenda tugaragaza imiterere y’umubiri we cyane ikibuno cye cyatumye ibihumbi by’abakobwa bifite bajya kwibagisha ngo bamere kawe.

Demi Rose ahuruza ibyamamare bitandukanye kubera imiterere ye ndetse mu minsi ishize yari mu rukundo n’umuraperi Tyga wo muri USA.

Demi Rose




Kim Kardashian


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa