skol
fortebet

Kwambara ubusa imbere y’imbaga y’abantu byahesheje umuhanzikazi wo muri Uganda Sheebah inzu y’igitangaza[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 25, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Hari abantu batandukanye bakora ikintu bafite intego ihambaye bashaka kugeraho nk’uko hari n’abandi batagira intego yejo hazaza ibyo niko biba bigaragazwa na bamwe mu batuye Isi, Ubu umuhanzikazi Sheebah Karungi yaremeye yambara ubusa imbere y’imbaga ngo ashaka amafaranga yo kuzubaka inzu ye bwite none yabigezeho.

Sponsored Ad

Imyaka yari ibaye uruhererekane uyu muhanzikazi ashaka ko azatura mu nzu ye, Sheebah uhamya ko abantu bamusetse kuva kera ngo yambara ubusa ku rubyiniro ngo ariko hari benshi babikunze bigatuma ibitaramo bye byitabirwa cyane kandi bishyurira kureba ubwambure bwe.

Amakuru yo kuba Sheebah yiyujurije inzu niwe ubwe uyashimangira ,ndetse na Mariam Jumba umwe mu bavandimwe be akaba n’umuhora hafi mu bya muzika ahamya ko inzu ya etaje yamaze kuzura usibye ko hasigaye amasuku mu nzu no kuyisiga amarange y’akataraboneka muri Uganda.

Iyi niyo nyubako igeretse umuhanzikazi Sheebah yujuje

Sheebah yamamaye mu ndirimbo nka;nkwatako,ice cream,Binkolera,john rembo na famer yakoranye na Eddy Kenzo yabiciye bigacika muri Afurika yose.

Ibitekerezo

  • This is foolish.Abantu millions and millions bakora amanyanga menshi bagamije gukira.Baricana,bariba,barasambana,bambara ubusa,barya ruswa,etc...Tujye twibuka ko UBUKIRE butatubuza kurwara,gusaza no gupfa.Niyo mpamvu niba dushaka Ubuzima bw’iteka muli Paradis,Yesu yadusabye "gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana" nkuko Matayo 6:33 havug,aho kwibera mu byisi gusa.Abantu bumvira iyo nama Yesu yasize aduhaye,azabazura ku Munsi w’Imperuka,abahe ubuzima bw’iteka nkuko yabyivugiye muli Yohana 6:40.Ntimukishinge bariya bavuga ngo iyo dupfuye tuba twitabye imana.Ntabwo bihuye n’ibyo Bible yigisha.Ikizere cyonyine cy’umuntu upfuye cyo kuzongera kubaho,nta kindi uretse umuzuko wo ku munsi w’imperuka ubikiwe abapfuye bumvira imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa