skol
fortebet

Mc Murenzi yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Aline bamaranye imyaka itatu bakundana[ AMAFOTO ]

Yanditswe: Sunday 05, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Mc Murenzi yasezeranye imbere y’Imana na Aline bamaranye imyaka 3 bakundana.

Sponsored Ad

Umunyamakuru Kamatali Murenzi [Mc Murenzi] yahamije isezerano rye n’umukunzi we Aline Rudakenga imbere y’Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 04 Kanama 2018. Ni umuhango witabiriwe n’inshuti, abavandimwe n’imiryango bakoraniye i Nyamata mu Karere ka Bugesera kuri Golden Tulip La Palisse Hotel.

MC Murenzi azwi na benshi binyuze mu biganiro yagiye akora kuri Contact Fm. Uyu muhango wo gusezerana imbere y’Imana wabanjirijwe no gusaba ndetse no gukwa mu birori byabereye muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu mujyi wa New York, kuwa 05 Kanama 2017.

Nyuma yo gusaba no gukwa Kamatali Murenzi na Aline Rudakenga babyutse ku wa mbere tariki 7 Kanama 2017 bajya gusezerana imbere y’amategeko ya Leta.

Umuhango wo gusezerana imbere y’Imana wabaye uyu munsi wabereye kuri Golden Tulip Hotel i Nyamata, akaba ari Hotel ikunze kwakira ubukwe bwa benshi mu byamamare baba bakoreye mu Rwanda.

REBA AMAFOTO:




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa