skol
fortebet

Miss Amanda wigeze gufotorwa ari mu birori atambaye ikariso yishimiwe bidasanzwe mu kabyiniro k’i Kigali bamumenaho Amadorali atagira ingano[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 14, Jun 2019

Sponsored Ad

skol

Miss Amandah Isimbi umwe mu bakobwa bamaze kumenyekana cyane kubera gukoresha imbuga nkoranyambaga, akaba yarigeze no kuba igisonga cya Nyampinga ubwo yigaga mu ishuri rya SFB ubu yahawe izina rya CBE, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena 2019 yarunzweho amadorari menshi mu kabyiniro.

Sponsored Ad

Ibi byabereye mu kabyiniro ka Sky Lounge gaherereye mu mujyi wa Kigali i Remera aho yari yateguriwe umugoroba wamwitiriwe. Ubwo amasaha yari atangiye kwisunika abantu nawe ubwe ahamya ko atabashije kumenya bari bicaye hamwe bamuhamagaye bityo uyu mukobwa uzwiho kubyina cyane abyinana nabo baramwishimira bamurundaho amafaranga atari make.

Uyu mukobwa yatangarije Inyarwanda dukesha iyi nkuru ko aba bamuhaye amafaranga atabazi. Yagize ati: "Urumva nk’umuntu wateguye uyu mugoroba nari ndi kubyinana n’inshuti zanjye barampamagara ngo tubyinane ni bwo rero bizihiwe bampa amafaranga ariko sinari mbazi.”

Aya mafaranga yahawe Amandah Isimbi yatangaje ko atazi umubare cyane ko atigize ayabara gusa ngo yibuka ko yari amadorali gusa.

Mu Rwanda naho hadutse umuco wo gutumira abantu bazwi bagahabwa umunsi bityo bagahamagarira ababakurikira kuza gusohokera aho batumiwe bityo bakabona abakiriya baza bakurikiye aba bantu b’ibyamamare.

Ibitekerezo

  • Ariko ubu iyo uzanye ibyarangiye suba wanditse ubusa.iyowandikako yabaye Igisonga cg miss wa SFB ntabwo byari kumvikana.kuruta uko uvumvura ubusa!ngo yambaye ubusa ibintu byabaye cyera niyompamvu mudatera imbere umwana yiyinjirije dollars wowe uraho urikurogotwa uvuga ubusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa