skol
fortebet

Miss Iradukunda Liliane yagize icyo yibwirira abasore bose bifuza kumutereta

Yanditswe: Thursday 01, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Nyampinga w’ u Rwanda 2018 Iradukunda Liliane w’ imyaka 18 y’ amavuko wamaze guhabwa ikamba ryo kuyobora igihe kingana n’ umwaka yitwa Nyampinga w’ u Rwanda 2018 yatangaje ko nta mukunzi agira kandi ntuwagerageza kubimusaba ngo amubere umukunzi yamubwira Oya .
Ibi yabitangaje kuri uyu wa kane taliki ya 1 Werurwe ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru aho yabazwaga niba afite umukunzi agasubiza ko atamwifuza magingo aya .
Yagize ati “Oya ntawe….n’ubu nta baraza bansaba urukundo…. hagize n’ ubikora (...)

Sponsored Ad

Nyampinga w’ u Rwanda 2018 Iradukunda Liliane w’ imyaka 18 y’ amavuko wamaze guhabwa ikamba ryo kuyobora igihe kingana n’ umwaka yitwa Nyampinga w’ u Rwanda 2018 yatangaje ko nta mukunzi agira kandi ntuwagerageza kubimusaba ngo amubere umukunzi yamubwira Oya .

Ibi yabitangaje kuri uyu wa kane taliki ya 1 Werurwe ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru aho yabazwaga niba afite umukunzi agasubiza ko atamwifuza magingo aya .

Yagize ati “Oya ntawe….n’ubu nta baraza bansaba urukundo…. hagize n’ ubikora rwose ntabwo mbyiteguye namubwira ngo oya ( Namuhakanira ).

Nyampinga Iradukunda Liliane yatangaje ko azakomeza kwiga ibijyanye n’ ubukerarugando muri Kaminuza umwaka utaha mu rwego rwo kubanza kuzuza inshingano yiyemeje nka Nyampinga w’ u Rwanda 2018 ntakimubangamiye .

Ibitekerezo

  • Uzi ubwenge Liliane we.Uzamubwire OYA,wongereho uti ndacyari umwana.Wibuke ko abo bashaka urukundo,nta kindi baba bagamije uretse kukwangiza.Komera ku busugi bwawe,ububikire uwo muzabana umaze gukura.Wimera nk’abandi bakobwa babyita ngo ni urukundo,nyamara ari ukwiryamanira gusa.Ni icyaha imana itubuza,ariko ugasanga ahubwo babyita ngo bari mu rukundo.Ubaha imana yakuremye,abo bahungu ubihorere.Ureke kwigana abandi batayitinya.Thanks Liliane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa