skol
fortebet

Miss Rwanda 2019 yavuze umukobwa yahaga amahirwe menshi mu bo bari bahanganye

Yanditswe: Sunday 27, Jan 2019

Sponsored Ad

Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza Meghan yavuze ko mbere y’uko yegukana iri kamba, yahaga amahirwe umukobwa wambaraga nimero 35 witwa Gaju Anitha.

Sponsored Ad

Mu kiganiro cya mbere yagiranye n’itangazamakuru,Nimwiza Meghan yavuze ko nta kintu kidasanzwe yaruhije abandi ahubwo ari umugisha w’Imana.

Yagize ati “Njye natekerekeza ko ari Gaju Anita…Simbizi ni we wari undimo gusa, niriya ntebe bayizanye ndamubwira nti ‘that’s yours’.

Nimwiza Meghan wambaraga nimero 32 muri Miss Rwanda 2019 niwe waraye atwaye iri kamba atsinze Uwihirwe Yasipi Casmir na Uwase Sangwa Odile wabaye igisonga cya kabiri.

Nimwiza yifurije ibyiza byinshi Mwiseneza Josiane na bagenzi be bamaranye ibyumweru bibiri mu mwiherero i Nyamata.



Nimwiza Meghan yavuze ko Gaju Anitha ariwe yahaga amahirwe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa