skol
fortebet

Miss Uwase Honorine ’Igisabo’ yagaragaje akababaro ari guterwa n’ibiri gukorerwa abakobwa bari muri Bootcamp ya Miss Rwanda[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 24, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Mu gihe ku munsi w’ejo, umukobwa wa kane yasezerewe muri Bootcamp ya Miss Rwanda 2019, Uwase Honorine wamenyekanye nka Miss Igisabo yagaragaje ko ababajwe ndetse atishimiye uburyo aba bakobwa barimo kugenda birukanwa.

Sponsored Ad

Abinyujije ku rubuga rwa Instagram, Honorine akaba yandikiye abategura Miss Rwanda ababaza impamvu batumye abakobwa amakunzu yo kuzambara ku munsi wa nyuma w’irushanwa kandi bari baziko hari abatazabona amahirwe yo kuhagera.

Cyiza Vanessa niwe wa kane waraye asezerewe muri Miss Rwanda

Miss Uwase Honorine yagize ati "@missrwandadotrw Ko aba bana b’abakobwa bose mwari mwabatumye amakanzu ya Finale..niba bari barayazane muri bo hakaba harimo abo muri gucyurisha batagize amahirwe yo gukandagira kuri Stage ya Finale.....basi amafaranga bakoresheje bayadodesha/bayakodesha muzayabasubiza?Ndasaba ko buri mu Contestant yagira icyo agenerwa.Murakoze".

Sandrine niwe wa Gatatu wasezerewe mu irushanwa rya Miss Rwanda

Honorine akaba yasabyeko buri mukobwa wirukanwe mbere ya finale yagira icyo agenerwa mu rwego rwo kugaruza amafaranga yashoye agura cyangwa se akodesha ayo makanzu.

Igihozo Dorine yasezerewe ku nshuro ya Kabiri


Higiro Joally niwe wasezerewe ku ikubitiro

Ibitekerezo

  • Njye ndemeranya na Miss Gicuma kuko aba bakobwa bari kubatungura pe bakajya muri situation itari nziza mbi cyane y’’agahinda gakabije ndetse numubabaro bibasaba ingufu zirenze zo kubyakira. kandi koko birakwiye ko basubizwa mafaranga bakoresheje bitegura umunsi wa nyuma nibagire icyo bagenerwa bave mu madeni bafashe badodesha cga bakodesha ariya makanzu yo ku munsi wa nyuma.

    Niyo wavugusha iki?ntabwo bakumva rwose icecekere ese niba nibuka neza igihe mwebwe mwatorwaga ko nubwo utabashije kwegukana ririya kamba wagirango wowe ntakantu kabayemo nubwo byari bitarakomera nkubu cyakora babyishe kare ba karangwa barageragezaga ntabwo ari nkibi bisambo gusa mureke dutegereze tuzarebe aho byerekeza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa