skol
fortebet

Miss Vanessa mu mwambaro ugaragaza icyo yambariye imbere-AMAFOTO

Yanditswe: Wednesday 24, Jan 2018

Sponsored Ad

Miss Vanessa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya nyampinga w’U Rwanda muri 2015 yongeye kwigaragaza ku mbuga nkoranyambaga mu ifoto ibonerana ku buryo agaragazaga imyenda y’imbere yambariyeho.
Yashimwe na benshi bavuze ko yambaye neza abandi bakavuga ko ari umukobwa mwiza.Ni amafoto abiri yashyize kuri konti ya instagram aho yanditse agira ati :”wikwita ku gicuucu(aravuga igicucu cy’umuntu) ahubwo ikomereze urugendo.”
Vanessa yatunguranye muri uyu mwambaro
Vanessa Raïssa Uwase, mu mwaka wa (...)

Sponsored Ad

Miss Vanessa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya nyampinga w’U Rwanda muri 2015 yongeye kwigaragaza ku mbuga nkoranyambaga mu ifoto ibonerana ku buryo agaragazaga imyenda y’imbere yambariyeho.

Yashimwe na benshi bavuze ko yambaye neza abandi bakavuga ko ari umukobwa mwiza.Ni amafoto abiri yashyize kuri konti ya instagram aho yanditse agira ati :”wikwita ku gicuucu(aravuga igicucu cy’umuntu) ahubwo ikomereze urugendo.”

Vanessa yatunguranye muri uyu mwambaro

Vanessa Raïssa Uwase, mu mwaka wa 2016 yagarutsweho mu itangazamakuru avugwaho inkuru zurudaca; yari mu rukundo rw’urujijo, yavuzweho gukundana na Safi kubera uburyo yashimagizaga uyu musore mu ruhame, nyuma byavumbuwe ko yahise afata Olivis gusa abanza kubihakanira kure.

Mu bahataniye ikamba rya Miss Rwanda 2015, Uwase Vanessa aza ku isonga mu bavuzwe cyane. Byakuruwe ahanini n’inkuru z’urukundo yagiye avugwamo cyo kimwe n’indi mishinga yateguraga nk’ibiganiro byo kuri Televiziyo yafatanyaga na Miss Sandra Teta, inshuti ye magara bahuriye ku kuba barakundanaga n’abasore baririmbana muri Active.

Aherutse gutangaza ko yazinutswe gukundana n’umuhungu uzwi mu ruhando rw’imyidagaduro.

Ibitekerezo

  • UYUMWARI ARIYANDARITSE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa