skol
fortebet

Mpenzi umutinganyikazi w’inshuti ya Tanasha yakuruye impaka nyuma yo kwibasira abagore bakundana n’abagabo bapfuye bahagaze

Yanditswe: Thursday 16, Apr 2020

Sponsored Ad

skol

Mpenzi Chokuu, umutinganyikazi w’inshuti ya Tanasha Donna yakuruye impaka mu bayoboke be nyuma yo kwibasira abagore bakundana n’abagabo batagize icyo bamaze, bapfuye bahagaze.

Sponsored Ad

Ibi Chokuu yabitangaje ashaka kugaragaza ko atishimiye na gato abagore bahora batangira umubano n’umugabo, azi neza ko uwo mugabo atita ku bana yabyaranye n’abandi bagore. Yagize ati:

Niba ubona umugabo ntacyo akorera umwana we, nta n’ubwo agerageza kumarana umwanya cyangwa kuba mu buzima bwe. Ni gute nk’umugore wakwemera ko mukundana? Utaretse no gutwitira uwo mu Swe—nyina, noneho ukagenda ukamwiha uzi ko yasajije abakobwa bose hirya no hino. Ariko ndabizi ko utari bukunde iyi nyandiko yanjye kuko benshi bazi indaya ndi kuvuga.

Iyi nyandiko yakongeje umuriro kuri Instagram abamukurikira batanga ibitekerezo bitandukanye, benshi muri bo bayiihuza na Madamu Tanasha Donna.

Umwe mu bamukurikira ukoresha amazina Ebony Charmaine Ceyonne @ebonycharmaineceyonne yagize ati:

Birasa nk’aho ubu ari ubutumwa butaziguye kuri tanasha lol ijs.

Undi nawe wiyita Idris Aura @idris_aura asubiza agira ati:Ubu butumwa ni ukuri cyangwa ni ibinyoma? Abanyakenya bateshutse kubaza niba Chokuu ari umugabo cyangwa umugore. Genda ubaze Chokuu arakubwira 💯

Ibi byatumye Chokuu agerageza gucubya uwo mwuka mubi ababuza kwibasira Tanasha.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa