skol
fortebet

Mc Tino yamuritse ku mugaragaro amashusho y’indirimbo "Mula"(VIDEO+AMAFOTO)

Yanditswe: Saturday 02, Sep 2017

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi akaba n’ umunyamakuru hakiyongeraho ko ari n’ umushyushya rugamba wabigize umwuga (Mc Tino) Benshi Baziho no gusetsa cyane, mu ijro ryo kuri uyu wa gatanu taliki 1 Nzeri 2017,yakoze ikirori kidasanzwe ubwo yashyiraga hanze amashusho y’ indirimbo ye nshya yaritegerejwe n’abakunzi b’umuziki batari bake "Mula". Igitaramo cyabereye mu kabyiniro kazwi ku izina ryo Kwa Jules I remera cyangwa Fucshia,kikaba cyatangiye ku isaha ya saa tanu z’ijoro zirengaho iminota micye.amashusho y’iyi (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi akaba n’ umunyamakuru hakiyongeraho ko ari n’ umushyushya rugamba wabigize umwuga (Mc Tino) Benshi Baziho no gusetsa cyane, mu ijro ryo kuri uyu wa gatanu taliki 1 Nzeri 2017,yakoze ikirori kidasanzwe ubwo yashyiraga hanze amashusho y’ indirimbo ye nshya yaritegerejwe n’abakunzi b’umuziki batari bake "Mula".


Igitaramo cyabereye mu kabyiniro kazwi ku izina ryo Kwa Jules I remera cyangwa Fucshia,kikaba cyatangiye ku isaha ya saa tanu z’ijoro zirengaho iminota micye.amashusho y’iyi ndirimbo uyarebye ari ku rwego rwo hejuru .

REBA AMASHUSHO Y’INDIRIMBO "MULA"YA MC TINO

muri iki gitaramo Mc Tino ntabwo yarari wenyine kuko yari yashyigikiwe n’abandi bahanzi batandukanye,muri abo bahanzi harimo umusore Gabiro Guitrl wamamaye mu ndirimbo zitandukanye ndetse na Free man umusore uririmba ijyana ya Hip Hop ndetse na Babou Tight King umusore nawe uri kuzamuka muri muzika Nyarwanda,akaba abyina no mu iistinda rya Snipers Crew, ndetse Na Producer Pappito umusore wagiye wumvikana mu ndirimbo nyinshi yagiye akorera itsinda rya TBB.


Mu Ijambo rya Mc Tino Akaba yashimiye abantu bose baje kwifatanya nawe mu gitaramo kidasanzwe cyo kumurika ku mugaragaro amashusho y’ indirimbo ye nshya,ndetse ashimira n’itangazamakuru ritandukanye ryo mu Rwanda ridahwema gukomeza kumutera ingabo mu bitugu ndetse no kumushyigikira mu bikorwa agenda akora bitandukanye,akomeza ashimira kandi n’abahanzi baje kwifatanya nawe muri iki gitaramo,aho yaboneyeho no gushimira Producer Pappito umwe mubasore nkuko nabibabwiye haruguru wakoreye itsinda rya TBB indirimbo nyinshi.

MU MAFOTO REBA UKO BYARI BIMEZE UBWO MC TINO YAMURIKAGA K’UMUGARAGARO AMASHUSHO YA MULA





Producer Pappito hagati





Abari bitabiriye iki kirori bari bizihiwe cyane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa