Ad Restricted
Mu mafoto reba uburanga budasanzwe bw’umwana w’umukobwa w’imyaka 4 bivugwa ko ahiga abandi bana ku isi mu bwiza[AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 01, Aug 2018
Abana b’abakobwa 3 b’abanya Nigeria bakomeje kuvugisha abantu benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga kubera uburanga butangaje bafite, aho abenshi babafata nk’abana ba mbere beza ku isi.
Ubwo amafoto y’aba bana yageraga ku mbuga nkoranyambaga, Mu minsi mike Joba, Jomiloju na Jare(amazina y’aba bana) bo muri Nigeria bahise bigarurira imitima y’ama miliyoni y’abafana ku isi.
Jare w’imyaka 4 ari na we muto muri bo ni we ukomeje kwigarurira abakoresha imbuga nkoranyambaga badatinya kuvuga ko ari we uhiga bose mu buranga, bitewe n’imico ye iciye bugufi igaragara ku mafoto ye.
REBA AMAFOTO YABO HIGANJEMO AYA JARE W’IMYAKA 4:
Ibitekerezo
Ariko nubwo ari mwiza wagirango yababutse iminwa
cyeretse niba ari iwabo gusa
muri abarwayi imistsi yimiterano imboni artificille none ngo niwe wa mbere arko nkawe wanditse iyi nkuri uri umunyarwanda cyangwa ?? ubwiza buriya nubuhe ibirungo na photoshop?
Nibyo p
Aranatuje cyane
Iminwa ni lipstick iriho
Bamushinyaguriye
Ubuse uyu nimwiza kko? Wp rwise