skol
fortebet

Mu mafoto yaciye ibintu urasangamo ay’ ingagi zafotowe zirimo gutera akabariro nk’abantu

Yanditswe: Sunday 15, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga za interinete zitandukanye turasangamo amafoto agaragaza ingagi zafotowe zirimo gutera akabariro nk’abantu ,Umugore yakubiswe kubera icyaha ashinjwa cyo kwica abantu akoresheje uburozi ,umukecuru w’imyaka 74 y’amavuko yiga mu mwaka wa 2,amafoto yaciye ibintu kuri interinete ndetse n’ayandi .

Sponsored Ad

Ingagi zafotowe zirimo gutera akabariro nk’abantu .



Umugore wishe abantu akanaroga nyina yirukanwe n’abaturage nyuma yo kumukubita bamwambuye ubusa.


Umukecuru witwa Maria w’imyaka 74 y’amavuko wo mu gihugu cya Zambia, yashimiwe byimazeyo n’ubuyobozi bw’ishuri yaje kwigamo ku kuba ku myaka nk’iyo afite yarafashe umwanzuro wo kurwanya ubujiji bwo kutamenya gusoma no kwandika.


Dore amafoto yaciye ibintu kuri interinete ku mbuga zitandukanye zirimo instagram ndetse na Facebook.














Umugore w’ Umunyafurika y’Epfo ufite ikibuno kimaze kuba kinini ku buryo butangaje avuga ko abangamiwe n’ ingano y’ ikibuno cye ku buryo yumva ameze nk’ uwavumwe.

Abageni 2 bataye abagabo babo mu bukwe bajya gukora ikizamini .


Umukobwa yatuye ibyaha bye avuga ko mu myaka 7 amaze akora akazi ko kwicuruza amaze kuryamana n’abagabo barenga 4000

Ibitekerezo

  • Nibyo koko,hari ibintu duhuriraho n’ingagi.Ariko ntibisobanura ko abantu duturuka ku ngagi nkuko twabyize mu ishuli (Evolution).Nkuko Bible ivuga,imana yaremye ibintu,kimwe ukwacyo (species).Ikibihamya,nuko nta muntu wabyarana n’ingagi.Cyangwa Ihene ngo ibyarane n’intama.Hali ibintu byinshi amashuli cyangwa amadini yigisha bidahuye na Bible.
    Urugero,amadini menshi yigisha ko iyo dupfuye tuba twitabye imana.Ngo dufite ikintu bita Roho idapfa,yitaba imana.
    Nta hantu na hamwe Bible yigisha ko umuntu upfuye aba yitabye imana.Dore uko Bible yigisha ku Rupfu.Upfuye ntabwo aba yumva (Umubwiriza 9:5).None se yakitaba imana gute kandi atumva?Urugero:Igihe Yakobo bamubwiraga ko umuhungu we witwaga YOZEFU yapfuye,ntabwo yavuze ko umwana we yitabye imana.Ahubwo yavuze ko azasanga umwana we mu gitaka (Itagiriro 37:35).ADAMU amaze gukora icyaha,imana yamubwiye ko azapfa,agasubira mu gitaka (Itangiriro 3:19).Ntabwo yamubwiye ko azitaba imana nkuko amadini yigisha.Urugero rwa 3:Igihe Yobu yibazaga uko bizagenda napfa,yavuze ko “azategereza” umuzuko (Yobu 14:14,15). Bible yigisha ko upfuye yakoraga ibyo imana idusaba,azazuka ku munsi w’imperuka,agahembwa ubuzima bw’iteka muli paradizo (Yohana 6:40).Abantu bapfa biberaga mu byisi gusa,biba birangiye batazazuka.Bible ivuga ko igihano cy’abanyabyaha ari urupfu rwa burundu.
    Niba koko iyo dupfuye tuba twitabye imana,UMUZUKO ntabwo wazabaho.Ikindi kandi,twajya dukoresha umunsi mukuru ko umuntu wacu yitabye imana.Kuki se turira aho kwishima?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa