skol
fortebet

Anita Pendo asa nutarishimiye kubyara umwana badasa-AMAFOTO

Yanditswe: Saturday 09, Sep 2017

Sponsored Ad

skol

Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu ku musore w’umukinnyi Ndanda Alphonse yanahishuye ko n’umwana yabyaye ariwe basa cyane,gusa uburyo yabivuzemo bwagaragazaga ko atabyishimiye bitewe n’amagambo yashyize ku mbuga nkoranyambaga, abantu bakaba babifashe nk’urwenya.
Mu Gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Nzeri 2017 nibwo Anita Pendo yashyize amagambo yanditse mu rurimi rw’Icyongereza ku rukuta rwe rwa Instagram,tugenekereje mu (...)

Sponsored Ad

Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu ku musore w’umukinnyi Ndanda Alphonse yanahishuye ko n’umwana yabyaye ariwe basa cyane,gusa uburyo yabivuzemo bwagaragazaga ko atabyishimiye bitewe n’amagambo yashyize ku mbuga nkoranyambaga, abantu bakaba babifashe nk’urwenya.


Mu Gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Nzeri 2017 nibwo Anita Pendo yashyize amagambo yanditse mu rurimi rw’Icyongereza ku rukuta rwe rwa Instagram,tugenekereje mu kinyarwanda ahanini yasaga nk’uwinubira mu buryo busekeje kuba ariwe waruhanye umwana amezi icyenda yose ariko yajya kuvuka akaza asa na Se.

Ayo magambo aragira ati "Nagutwise amezi 9,njya ku gise cy’amasaha 15,Sinigeze nsinzira neza amezi 6,ariko ugiye kuza uza usa na Papa wawe".Mu bitekerezo abantu batandukanye bagiye bose bahuriza ku ijambo ryo kumuhumuriza ndetse banamuremamo agatima,bamubwira ko nakura umwana azasa nawe.
Anita Pendo ni umwe mu bakobwa bavuga ko birwanyeho nkuko akunze kubivuga,akaba azwi cyane mu bikorwa birimo gushyushya urugamba hamwe n’ubunyamakuru.
;

Ibitekerezo

  • Anita Pendo,nabanze amenye AGAHINDA yateye imana yamuremye,ubwo yakoraga ubusambanyi.Ntabwo imana yaduhaye sex kugirango tujye tuyiha abahisi n’abagenzi.Imana ishaka ko dushaka umuntu tubana binyuze mu mategeko.Uwo niwe wenyine twemereye guha sex yacu (Imigani 5:15-19).Ikibabaje nuko ANITA PENDO aherutse kubatizwa,avuga ngo "yakiriye agakiza".Ibi mubona Pastors bapfa kubatiza abantu,nuko nabo baba bishakira Icyacumi,mu gihe YESU yasize asabye Abakristu Nyakuri "gukora umurimo w’imana ku buntu" (Matayo 10:8).Aba bose bakora ibyo imana itubuza,uhereye kuli abiyita Abakozi b’imana,bose imana izabarimbura ku munsi w’imperuka,isigaze abantu bake bayumvira (Yeremiya 25:33).
    Kuba ANITA ababaye,ubwo arimo gusarura ibyo yabibye.She is reaping what she has sown.Niba NDANDA yari UMUGABO we wemewe n’amategeko,ntabwo yali kuba yicuza.Kuko Official Wives ahubwo bishimira ko abana babyaye basa na ba PAPA babo.Ngiyi imwe mu ngaruka mbi zo gusambana.Abantu batubaha imana babyita ngo ni "ugukundana".Ibi mwita ngo ni Boyfriend/Girlfriend,akenshi biba bigamije ubusambanyi.Kuki mudashaka kumvira imana yaturemye??

    nshuti yanjye ino Analyse wakoz waribeshye cyane kdi ibi mbifata nkogusebya umwuga mukora muri benshi! change your mind mbankubwiye nabi nuko nanjye naba mbaye nkawe

    Peter sinemeranya nawe pe kuki ufite ubuhe burenganzira bwogucira umuntu urubanza ako kageni koko ??? Kubwange ndabwita kurengera kuko na bible itubwira kudaca imanza

    Peter sinemeranya nawe pe kuki ufite ubuhe burenganzira bwogucira umuntu urubanza ako kageni koko ??? Kubwange ndabwita kurengera kuko na bible itubwira kudaca imanza

    Nkuyu ubu afire ikihe kibazo ,nimba ntacyaha urakora umutere ibuye kandi kumenya guca imanza sibyo byerekana agakiza ,urakoze kuvuga ubusa

    Ibyo GISAGARA yanditse ni ukuri.Yavuze ko imana izarimbura abasambanyi kandi byanditse muli Bible (1 Abakorinto 6:9,10).Kuki muvuga ngo arimo guca imanza??? Impamvu mubivuga,nuko abantu benshi bashyigikira ubusambanyi.
    Impamvu bibarakaza,ni bya bindi "iyo bavuze ibigoramye UMUHORO urakara".Iyo umuntu yandika ibyo BIBLE ivuga,ntabwo aba aca imanza,ahubwo aba yibutsa abantu KWIHANA bakumvira imana.

    Niba asa nase ikibazo? Muba mushaka heat sha mwabuze Ibyo muvuga uzamwange noneho!!!

    guca urubanza nibizanzwe kuko niyo mpamvu buri leta zigira abacamanza ubwo se ko mutabwira abacamanza ngo ntibabacire imanza kuko nabo Atari abamalayika !!!??? guca imanza nibisanzwe Mu Rwanda no kwisi hose ntagitangaza
    ...gusa ukuri nuko uwo mwana ari IKINYENDARO KANDI BIGARAGARA KO na ANITHA PENDO ari indaya yujuje ibyangombwa kuko ikimenyetso cyubura cyarigaragaje ahubwo uwo mwana muzamwite niba arumuhungu NTAWUTUBONYE Rudoviko cg KATINGUNI Sabize niba ari umukobwa Mu mwite MUKAGASHYAMBA Kirisensiya cg NTAWUTARARONGOYEHO Aisha ,amin

    erega kuba Pendo Anith yarakijijwe ntibikuyeho ko yabyaye ikinyendaro ntibikuyeho ko atanyuze mu buraya cg yari umusambanyi gusa kuba yakiriye agakiza nibyiza gusa umwana we yabyaye ntibikuraho ko ari umwana wavuye Mu busambanyi ahubwo bazamwite NTAWUTARARONGOYEHO IREN cg MUKAGASHYAMBA AISHA SINZUNDONGOYE AMINA niba ari umukobwa naho niba ari Umuhungu bamwite SHYAMBA IZEKIYELI cg YISHYIREMO YASIN

    pendo humura gikuru nukwo umwana ari uwawe ibyo kutasesha isura ntacyo bitwaye, ndi bujumbura ndagukunda cyane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa