Umwari yishizeho tatuwaje nk’ iyo Sheebah yashyize munsi y’ amabere [AMAFOTO ]
Yanditswe: Saturday 05, May 2018
Keza Terisk yashyize hanze ifoto igaragaza tatouage yishizeho ku mugongo ‘ Karma’ isa neza niya Sheebah Karungi umuhanzikazi ukomoka Kampala muri Uganda yishyizeho munsi y’amabere ye.
Umunyamideli Niyigena Solange uzwi nka Keza Terisk ku mbuga nkoranyambaga ni umwe mu bakobwa bamenyekanye kubera gukoresha imbuga nkoranyamabga mu Rwanda bitewe n’amafoto atandukanye ashyiraho kuri ubu yashyize hanze amafoto agaragaza tatouage yishyize ku mugongo ubusanzwe ifitwe na Sheebah aho bamwe bahise bemeza ko ari umufana we ukomeye.
Ubusanzwe Sheebah Karungi ukunzwe kwiyitwa Karma Queen aho iri zina yahise aryiyandikaho ku mubiriwe ndetse mu mwaka wa 2017 nibwo yashyize hanze Alubumu ye ayita ’ Karma Queen Album ‘ aho kuri ubu Keza Terisk yashyize hanze amafoto yambaye umwambaro wa Bikini ndetse ku mugongo we yariyanditseho ijambo ‘ Karma ‘ aho ntagushidikanye bamwe bahise bemeza ko ashobora kuba ari umwe mu bafana bakomeye ba Sheebah Karungi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *