skol
fortebet

Mushiki wa Diamond yahaye gasopo Tanasha yo kuba yararenze ku itegeko ry’umuryango

Yanditswe: Thursday 31, Oct 2019

Sponsored Ad

skol

Nyuma yaho Tanasha Donna ashyikirije Diamond Platnumz umwana we kane akaba n’imfura kuri we bisa nkaho bigumiye mu munyenga w’urukundo kugeza ubwo imiryango yabo ibakumbura cyane.

Sponsored Ad

Mushiki wa Diamond mukuru ndetse ufite impano yo kuririmba yabujije Tanasha Donna kurenga ku itegeko ry’umuryango ryo kuba hamwe,nkuko asanzwe na Mama we Sandra Dangote ndetse n’icyamamare Diamond Platnumz.

“Biriya bintu byo kwihugiraho n’umugabo ntabwo byemewe mu muryango wacu” Esma Platnumz agaruka kuri Tanasha Donna ku mpamvu biherera bonyine ntibabiyereke.

Umuhanzi Diamond Platnumz aherutse kugaragara mu mashusho ari kuririmba indirimbo Uno shya ya Harmonize abafana bibaza impamvu ashyigikira umuhanzi wavuye muri wasafi agashinga Konde boy world wide.

Ibitekerezo

  • Iyi nkuru nta kintu gifatika ifite, ntisobanutse pe umuntu arashaka icyo ishatse kuvuga akakibura. Muge mutubwira inkuru zisobanutse.Uku ni ugushakisha rwose. No kuvangira abantu.

    ubuse mubyukuri uvuze iki? mwagiye muba abanyamwuga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa