skol
fortebet

Nicki yabwiye Supersexy ko avuga nabi nk’abatwa undi nawe mu kumusubiza amutuka ibitutsi byinshi biteye isoni birimo no kuri nyina abantu bifata mu maso[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 19, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Supersexy wamamaye mu Rwanda ku mbuga nkoranyambaga aho yakunze kugaragara atwerking ndetse agenda anashyiraho amafoto atandukanye rimwe na rimwe yakuyemo imyenda yaraye atutse umukobwa kuri nyina abantu barumirwa.

Sponsored Ad

Supersexy akaba yatutse umukobwa yitwa Isimbi Nicki nyuma yuko uyu mukobwa avuzeko avuga nk’abatwa gusa ibitutsi yamututse bikaba byatunguye buri wese wabyumvise.

Ibi byaturutse kuri Videolive aho uyu mukobwa witwa Nicki yabwiye SuperSexy ko avuga nabi nk’abatwa undi nawe amwita Ibwakazi nibindi bitutsi bigayitse harimo bimwe tudashobora kubasubiriramo hano bitewe n’uburyo biteye isoni.

Supersexy yagize ati "Reka nsomere iyi bwakazi yitwa Isimbi Nicki....reka nanjye niyambure ubunana...niba soundinga nk’abatwa ibyo unjye ugenda ubivugire mu mwoyo wawe..uranyumva neza ..ntuzingere umenyera mabere ..munjye mumenyera ba ShaddyBoo na bande ariko SuperSexy nazabarisha ubwa bany**** kuko iyo ndakaye ndakara nabi..".

Supersexy mu bitutsi byinshi biteye isoni nkuko twababwiye bimwe tutifuje kwandika hano yakomeje agira ati "Respect..iyo bwakazi gusa yatukuranye nka rusake ...ikindi Nicki nakurisha ubwawe....nkanagutabana na baNyogokuru ...ntabwo twaguhamagaye hano unjye kwasamira muri Toilette aho ujugunya abo uba watandaraje...natwe turi abantu aho mutubona twishima tugaseka...abo mutuka bagaceceka iwanjye ntimuzayobere yo...".

Ibitutsi yamututse bikaba ari byisnhi cyane byiganjemo ibiteye isoni cyane byerekeranye n’ababyeyi.Aha umuntu akaba yakwibaza niba imbuga nkoranyambaga abitwa ko bafiteho abafana bakurikira ibikorwa byabo batagira ingano biyita abaSlay Queen niba rwaba ari urugero rwiza yaba ari guha rubanda nyamwinshi bitwa ko ari ikitegererezo cyabo.

Ibitekerezo

  • ubundi c yabay icyitegererezo cya bamwe kubera aba yakoze byiza, nakomerez aho abeza n ababi burya ntawubur umukunda

    Gusa uwo muntu yasebeje abatwa kubagereranya n’umugore utukana gutya, wagirango yarerewe mu muhanda hamwe naza mayibobo, mbega uhushizi bw’isoni? Asyi barangiza bakarata amabuno n’imifutu ariko mu mutwe no ku mutima nta kintu kizima kirimo. Ujye wiyita superbitutsi guhera ubu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa