skol
fortebet

Nina yavuze ko afite abana benshi ndetse anarizwa nuburyo ashinjwa kubyarana na Makonikoshwa(AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 08, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umuhoza Fatum [Nina] ubarizwa mu itsinda rya Charly & Nina aho aririmbana na mugenzi we Ruzinda Charlotte ariwe Charly, uyu mugore yatangaje ko yabyaye ndetse afite abana benshi nubwo yanze gutangaza umubare wabo yabyaye, abajijwe ibyo kubyarana n’umuhanzi Makonikoshwa amarira azenga amu maso. Hari hashize iminsi bivugwako Nina yaba afite umwana yabyaranye na Makonikoshwa ndetse uyu mukobwa yigeze kugaragara no mashuho y’indirimbo z’uyu muhanzi, Nina yabihakanye ko ntamwana yigeze (...)

Sponsored Ad

Umuhoza Fatum [Nina] ubarizwa mu itsinda rya Charly & Nina aho aririmbana na mugenzi we Ruzinda Charlotte ariwe Charly, uyu mugore yatangaje ko yabyaye ndetse afite abana benshi nubwo yanze gutangaza umubare wabo yabyaye, abajijwe ibyo kubyarana n’umuhanzi Makonikoshwa amarira azenga amu maso.

Hari hashize iminsi bivugwako Nina yaba afite umwana yabyaranye na Makonikoshwa ndetse uyu mukobwa yigeze kugaragara no mashuho y’indirimbo z’uyu muhanzi, Nina yabihakanye ko ntamwana yigeze abyarana na Makonikoshwa ariko yemeza ko yabyaye nubwo atatangaje umubare w’abana afite.

Mu kiganiro Nina yagiranye na Isango Star yagize ati”Abana ni umugisha wabyara mbere wabyara nyuma, wabyara ufite umugabo wabyara utamufite abana ni umugisha ” arongera ati “mfite abana benshi ntabwo navuga umubare wabo apfa kuba ari umwana Imana yanshyize mu maboko”

Makonikoshwa uvugwa ko ngo yaba yarabyaranye umwana na Nina

Uyu mugore umunyamakuru yakomeje kumuhata ibibazo ngo avuge umubare w’abana afite aratsemba yaganga gutangaza umubare akomeza gutsimbarara avugako afite abana benshi ndetse ahamyako Imana yamuhaye umugisha akagira inshingano z’umubyeyi akiri muto

Charly na Nina bose baririmbana mu itsinda rimwe

Nina abajijwe ibyo kubyarana na Makonikoshwa yahise afatwa n’ikiniga amarira azenga mu maso maze agira ati “Oya” bivuzeko muri abo bana yabyaye ntawa Makonikoshwa urimo.

Ibitekerezo

  • kubyara sicyibazo ikindi kdi na mako numugabo babyarana!gsa nge nkurikije uburyo Nina yabisobanuye ngo afite abana benshi ntago bisobanura abo yabyaye,numukobwa kdi ajya mumihango biologicaly afite abana benshi muriwe,nge nuko byumva.murakoze!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa