skol
fortebet

Nizzo wo muri Urban Boys yagize icyo avuga ku mirwano yamuvuzweho na Safi Madiba

Yanditswe: Monday 09, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Nizzo Kaboss wo muri Urban Boys yavuze ko bitigeze bibaho ndetse ko abazanye izi nkuru zari impimbano.

Sponsored Ad

Nyuma yuko Safi Madiba avuye mu itsinda rya Urban Boys hagiye havugwa inkuru zitandukanye zavugaga ko abasore 2 bari bagize itsinda rya Urban Boys aribo Nizzo ndetse na Safi hagati yabo bari bafitanye amakimbiranye ndetse bikavugwa yuko hari n’igihe banarwanaga bagakizwa na Humble Gizzo nawe ubarizwa muri iri tsinda.

Mu Kiganiro Nizzo aherutse kugirana n’Inyarwanda dukesha iyi nkuru yavuze ko imirwano yavuzwe hagati yabo itigeze ibaho ndetse ko abazanye izi nkuru zari impimbano.

Yagize ati “ Ibyo simbizi ntibyigeze bibaho ikindi abazanye izo nkuru ni impimbano”

Abajijwe niba na cyuho Safi yasize mu itsinda rya Urban Boys nyuma yuko asezeye ku mugaragaro ko arivuyemo Nizzo yasubje avugako ko nta na kimwe cyane ko basigaranye itsinda kandi babungabunze abafana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa