skol
fortebet

Njuga wo muri Seburikoko yatunguranye avuga uburyo yaryamana n’umunyamidelikazi w’umunyarwanda Kate Bashabe adakoresheje agakingirizo ’Bango’[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 01, May 2019

Sponsored Ad

skol

Umukinnyi wa Filime Ngabo Leo uzwi nka Njuga ndetse akaba n’umurirmbyi mu marangamutima ye yagize icyo avuga kuri bamwe mu bakobwa bamutwaye umutima kubera uburanga bwabo.

Sponsored Ad

Aha yagarutse ku mukobwa ushobora kuba yamubera umukunzi we aho yavuze ko atakwita ku bwiza bwo mu maso cyangwa ahandi ngo bizaterwa n’umutima we n’imico ye.

Mu kiganiro na K Tv yabajijwe umukobwa abona akumva avuye mu bye asubiza ko umunyamidelikazi Kate Bashabe ukunzwe kuri instagram ari umwe mu bakobwa bo mu Rwanda abona akumva abuze ubwenge,ngo kuko amukunda byo gusara ko babaye bakoze n’imibonano mpuzabitsina ngo nubwo atakoresha agakingirizo ntakibazo byamutera kuko aramwizera cyane.

Yagize ati “ Kate Bashabe n’ Isi man [..] ni mwiza afite ubwenge kandi azi icyo gukora ndamutse mubonye namurya ‘Bango [Gutera akabariro adakoresheje agakingirizo]”

Aha yabajijwe kuri ShaddyBoo uko amwiyumvamo avuga ko adashobora kwemera kuryamana nawe ngo keretse habanje kubaho ikiganiro hagati ye nawe ngo kuko bashobora no kubigirana bikarangira amwangiye ko baryamana kubera ko atamwizera.

Njuga yasoje avuga ko mu bakobwa bakundanye bose amaze kuryamana n’abakobwa 3 yariye Bango [ atigeze yambarira agakingirizo] aho ahamya ko byari byiza,gusa yongera kuburira abantu bose babikora cyangwa bashaka kubikora ko bigira ingaruka mbi kuko bashobora kubyanduriramo indwara zanduriria mu mibonano mpuzabitsina cyangwa bakaba batera inda abo babikoranye batari babifite muri gahunda,aha yabasabye kudahubuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa