skol
fortebet

Nyampinga Dushimimana Lydia yanyereye kuri sima yikubita hasi

Yanditswe: Thursday 24, May 2018

Sponsored Ad

skol

Dushimimana Lydia ukomoka mu majyepfo agizwe Nyampinga w’Umuco yavuze uburyo yasebye akikubita hasi ubwo yari avuye gufata ifunguro ku ishuri akikubita imbere y’ umuryango abanyeshuri bakaza kumwegura ngo ibi biri mu bintu byamuteye isoni.

Sponsored Ad

Dushimimana Lydia ni umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’ u Rwanda 2018 ubwo yaganiraga n’ itangazamakuru yabajijwe ibibazo bitandukanye birimo niba yarigeze asebera imbere y’abantu asubiza ko byamubaye uubwo yikubitaga hasi akiga mu mashuri yisumbuye ubwo yaravuye gifata ifunguro n’abandi banyeshuri .

Yagize ati “ yego narasebye nyiga muri Secondary nigeze kunyerera aho dufatira ifunguro imvura yari yaguye nkubita hasi “

Abajijwe icyatumye agwa yasubije ko byatewe na Sima yari yanyereye niko guhita nawe imunyereza yikubita hasi gusa ngo ahaguruka afite isoni nyinshi kubera ibimubayeho mu masegonda macye dore ko icyo gihe nacyo yabaye .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa