skol
fortebet

Nyampinga Phiona warumaze igihe kinini yarabuze umukunzi yamubonye

Yanditswe: Monday 02, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Phiona Bizzou wabaye Nyampinga wa Uganda mu mwaka wa 2012-2013 kuri ubu ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kubona umukunzi.

Sponsored Ad

Phiona Bizzou ukomoka mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda wamamaye cyane mu mwaka wa 2012 ubwo yatorerwaga kuba Nyampinga wiki gihugu ubwo yari umunyeshuri mu mwaka wa 3 muri Kaminuza ya Makerere . Magingo aya yabonye umukunzi mushyashya witwa Andre Brooks waje asimbura uwitwa Sangoma bakundanye ahagana mu mwaka wa 2010 .

Amakuru dukesha ikinyamakuru Howwe gikorera mu gihugu cya Uganda nuko aba bombi bari mu byishimo bidasanzwe aho kuri ubu basigaye bibanira nk’ umugabo n’ umugore ndetse ibijyanye n’ urukundo rwabo ntibagihishira umubano wabo ku mbuga nkoranyambaga bakoresha.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa