skol
fortebet

Umunyafurika Eudoxie ifoto yashyize hanze ngo yemeze abatemeraga ko ikibuno afite ari icya nyacyo ikomeje kuvugisha abagabo benshi(AMAFOTO)

Yanditswe: Thursday 02, Nov 2017

Sponsored Ad

skol

Eudoxie Yao akomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire akaba azwiho kugira ikibuno kinini cyane ku buryo na we ahamya ko ari we wa mbere muri Afurika.
Nyuma y’uko Eudoxie ashyize hanze iyi foto hari bamwe batajyaga bemera ko icyo kibuno ari icye, dore ko hari n’abashyiraho ibiterano, bahise bemera gusa abandi bamusaba guhindukira bakirebera ku rundi ruhande uko byifashe.
Twabibutsa ko uyu mukobwa yigeze gutebya akvuga ko umugabo ushaka kumurarana azajya yishyura asaga miliyoni 30 z’amanyarwanda ku (...)

Sponsored Ad

Eudoxie Yao akomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire akaba azwiho kugira ikibuno kinini cyane ku buryo na we ahamya ko ari we wa mbere muri Afurika.

Nyuma y’uko Eudoxie ashyize hanze iyi foto hari bamwe batajyaga bemera ko icyo kibuno ari icye, dore ko hari n’abashyiraho ibiterano, bahise bemera gusa abandi bamusaba guhindukira bakirebera ku rundi ruhande uko byifashe.

Twabibutsa ko uyu mukobwa yigeze gutebya akvuga ko umugabo ushaka kumurarana azajya yishyura asaga miliyoni 30 z’amanyarwanda ku ijoro rimwe. Kuri ubu ni umwe mu bakobwa batigisa imbuga nkoranyambaga kubera amafoto ashyiraho agaragaza imiterere ye isa nk’idasanzwe mu mibereho y’abantu.

Ibitekerezo

  • Ariko jyewe ntangazwa nabirirwa barata amabuno kumbuga nkoranya mbaga ibiyavamo si amazirantoki !!!!!

    Nyakubahwa Martin, nyuma yo gukora ubushakashatsi wasanze yavugishije bangahe, kandi sample size yawe cg yanyu yanganaga iki? Kugirango ngo twumve koko ko icyo kibuno gikomeje kuvugisha abagabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa