skol
fortebet

ShaddyBoo yiyerekanye acugusa ikibuno yambaye umupira gusa bagikorakora abwirwa ko ariwe ukwiye gukundana na Diamond atari Tanasha ufite amabere yaguye ntagire n’ikibuno[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 15, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka ShaddyBoo Umunyamideikazi w’umunyarwanda akaba n’umubyeyi w’abana babiri b’abakobwa umaze kwigarurira imitima ya benshi ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram bitewe n’amafoto agenda ashyiraho yabwie n’umufana ko ariwe ukwiye gukundana na Diamond atari Tanasha udafite imiterere y’amabuno ufite n’amabere yaguye.

Sponsored Ad

ShaddyBoo wagiye kwizihiriza umunsi mukuru w’abakundanye mu gihugu cya Kenya,ku munsi w’ejo tariki ya 14 Gashyantare nibwo yashyize kuri Instagram ye amashusho ari kubyina indirimbo nshya ya Rayvan yafatanyije na Diamond ’Tetema’ ari kumwe n’umunyamidelikazi uzwi nka Joxy Parker nawe w’umunyarwanda bambaye imipira gusa.

Joxy Parker na ShaddyBoo babyinnye bambaye imipira gusa

Ubwo ShaddyBoo yagaraye ari gucugusa ikibuno bidasanzwe byatumye umwe mu bafana bamukurikiranira hafi ibikorwa bye ataripfana maze ahamya ko ariwe wakagombye kuba ari gukundana n’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond,kuko ngo Tanasha ubu bari gukundana amurusha imiterere y’amabuno n’amabere ataguye.

Uyu mufana yagize ati "Nakwifuje ko ari wowe uba uri gukundana na Diamond...Mu byukuri urabikwiye gukundana nawe..atari Tanasha udafite imiterere y’amabuno ntibagiwe amabere ye yaguye..turabizi wabishobora kurenza Donna".

Bacugusije ibibuno bigera naho Joxy yambara ubusa nk’uko mubibona

Twabibutsa ko ShaddyBoo yagiye avugwa mu bihe bitandukanye na Diamond aho yanagiye amutegera indege akaba yakwitabira ibirori bimwe na bimwe yabaga yateguye muri Tanzania na Kenya,hakaba haragiye hanavugwa ko baba banaryamana mu buryo bw’ibanga hakurikijwe amafoto yagiye ajya bahuriye muri Hoteli.

Mu bindi byagiye bigarukwaho ubwo iyi video yajyaga hanze ni umugabo wumvikanyemo ari nawe wafataga amashusho aba bakobwa bombi babyina bacugusa ibibuno bambaye imipira gusa,biravugwa ko ngo ariwe baba bari kubana aho acumbitse muri Kenya.

Manager wa Diamond niwe bivugwa ko bari kubana muri Kenya

Uyu mugabo bivugwa ko ariwe uri kubana n’aba bakobwa munzu imwe uzwi ku mazina ya El-Jefe Mendez ni Manager wa Diamond,Ay ndetse na Navy Kenzo abahanzi bose bafite inkomoko yo muri Tanzania ShaddyBoo yacugusaga ikibuno undi nawe akagikubitaho.

ShaddyBoo yacugusije amabuno bituma bavuga ko ariwe ukwiranye na Diamond


Joxy Parker ni umunyarwandakazi uhararanye na ShaddyBoo


ShaddyBoo ngo arusha Tanasha imiterere y’amabuno n’amabere meza

REBA HASI VIDEWO BACUGUSA IBIBUNO:

Ibitekerezo

  • Birababaje kubona abakobwa n’abagore "bacuruza" UBWIZA n’UBUTO bwabo,kandi Imana yarabibahaye kugirango bazabihe gusa umuntu umwe bazashakana officially.Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

    Ngo ni umu Tanzania wari wamusohokanye.Ntabwo ari byiza kugurisha umubiri Imana yaguhereye Ubuntu.Ubwiza n’Ubuto (youth) birashira tugasaza ntihagire uwongera kukureba.Muli Umubwiriza 12:1,Imana idusaba gukoresha Ubuto bwacu mu gushaka Imana.Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa