skol
fortebet

Police ya Uganda iri gushakisha uruhindu umukobwa w’umu-Slay Queen washyize hanze amafoto ye yambaye ubusa buri buri[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 31, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Police yo mu gihugu cya Uganda iri gushakisha umukobwa washyize hanze amafoto ye yambaye ubusa buri buri.

Sponsored Ad

Ku gicamunsi cy’ejo taliki ya 29 Nyakanga 2019 , nibwo ku mbuga nkoranyambaga ndetse no kuri Whatts App z’abantu batandukanye mu gihugu cya Uganda babonye amafoto y’umukobwa bivugwa ko ari umu Slay Queen wifotoje yambaye ubusa amafoto ye akayashyira hanze.

Nyuma yiki gikorwa gihanwa n’amategeko ya Uganda kuri ubu inzego z’umutekano zatangiye gushakisha uwaba yihishe inyuma yiki gikorwa.

Mu nkuru zitandukanye zanditswe muri Uganda zavuze ko aya mafoto ku nshuro ya mbere yagaragaye ku rubuga rwa Whats App aho yaje kuhava asakwazwa kuri Facebook n’ahandi hashyirwa amafoto y’abantu.

Biravugwa ko uyu mukobwa aramutse afashwe azahanishwa igihano cyo gufwanga amyaka 2 cyangwa agatanga izahabu y’amashiringi ya Uganda angana na Miliyoni 2.

Si ubwambere mu gihugu cya Uganda havuzwe ibikorwa nkibi kuko bimwe mu byamamare birimo Judith , Desire Luzinda ,Martha Kay bakoze nkibi nabo bashyikirizwa inzego z’umutekano bakanirwa urubakwiye.

Twakwibutsa ko mu gihugu cya Uganda hasohotse itegeko rihana umuntu wese usakaza cyangwa wifata amashusho y’urukozasoni aho uhamwe niki cyaha aba yafungwa imyaka 2 cyangwa agacibwa na miliyoni 2 z’amashiringi cyangwa kimwe muri ibyo bihano byashyizweho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa