skol
fortebet

Princess uri mu bateye neza muri Afurika ababajwe nuko agiye kuzuza imyaka 30 nta mukunzi agira

Yanditswe: Monday 30, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamidelikazi Princess Shyngle ababajwe no agiye kugira imyaka 30 ntamusore wari wamubwira ko ashaka ko bakundana.

Sponsored Ad

Umunyamidelikazi ndetse akaba n’umukinnyi wa filime Princess Shyngle wavukiye mu gihugu cya Gambia kuri ubu akaba abarizwa i Logos muri Nigeria .Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko yibaza impamvu ituma bamwe mu bakobwa b’ abanyamidelilazi bibuka gushaka abakunzi aruko babona bujuje imyaka 30 .

Mu mamagambo yanditse yashimiye umuhanzi Sarkodie wakoze ubukwe mu minsi yashyize ndetse akaba yarafatwaga nk’umuhanzi w’icyamamare ku isi kubera umuziki we aho yavuze ko kuba yarakoze ubukwe n’umukunzi we bamaranye igihe kirekire byamunejeje ndetse yibutsa abandi basitari kubaka bakava mu busiribateri.

Yagize ati “ Ndashimira byimazeyo Sarkodie wafashe umwanzuro wo kurushinga […] nkanibaza ni niyihe mpoamvu ituma abanyamidelikazi tudashaka cyangwa ngo tugire abakunzi bazwi ? ese kubaho imyaka myinshi wirira ubuzima wamara kugira imyaka 30 nibwo mwibuka ko mushaje mushaka abakunzi? Reka njye mvuge ko nari murabo ahubwo ko nshaka umukunzi mu gihe naruzuza imyaka 30.”

Princess ni umwe mu bakobwa bakunzwe ku mbuga nkoranyambaga kubera ubwiza bwe ndetse n’imiterere y’umubiri we dore ko bamwe bavuga ko uyu mukobwa yakundwa na buri umwe wese mu gihe abandi bavuga ko uyu mukobwa umusore wamushaka yaba yifite kuko akunda kugaragara agendera mu modoka nziza ndetse anatuye mu nyubako zihenze buri musore wese atapfa kwigondera ngo ayigure.

Iyi akaba ari mpamvu ituma bamwe mu basore batamuganiriza ngo bamusabe urukundo.
Dore amwe mu mafoto ashyira hanze:






Ibitekerezo

  • None se hari ikindi kigiteye amatsiko ubwo ibihembo bye ni byo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa