Reba amakanzu 9 atangaje mu Isi yambawe n’ ibyamamare akavugisha benshi
Yanditswe: Thursday 01, Mar 2018
Imyambarire idasanzwe igenda igaragara mu byamamare ku isi aho bagaragaza imiterere yabo ndetse rimwe na rimwe bakagaragaza ibice by’ibanga mu ruhame nubwo abandi bavuga ko bayambara mu rwego rwo kwishakira amaramuko kuko abenshi muri bo babikora barimo kwamamaza.
Uyu munsi tugiye kubagezaho amakanzu 9 ku isi yambawe n’ ibyamamarekazi byo muri Amerika iyi myenda ikaza kuvugisha benshi bitewe nuko idahisha bimwe mu bice by’ ibanga bitagakwiye kubonwa na buri umwe wese ubonetse
1.Rihanna (...)
Imyambarire idasanzwe igenda igaragara mu byamamare ku isi aho bagaragaza imiterere yabo ndetse rimwe na rimwe bakagaragaza ibice by’ibanga mu ruhame nubwo abandi bavuga ko bayambara mu rwego rwo kwishakira amaramuko kuko abenshi muri bo babikora barimo kwamamaza.
Uyu munsi tugiye kubagezaho amakanzu 9 ku isi yambawe n’ ibyamamarekazi byo muri Amerika iyi myenda ikaza kuvugisha benshi bitewe nuko idahisha bimwe mu bice by’ ibanga bitagakwiye kubonwa na buri umwe wese ubonetse
1.Rihanna
Umuhanzikazi Rihanna nawe ari mu bahanzi bakomeye ku isi yigeze kuvugwaho imyambarire idasanzwe ubwo yagaragara yambaye ikanzu igaragaza ibice bye by’ umubiri .
2. JENNIFER LOPEZ
Umuhanzikazi Jennifer Lopez wamampaye mu indirimbo zitandukanye kuri ubu nawe aza kurutonde rw’ ibyamamare byavuzweho kwambara imyenda yavugishije benshi .
3.KIM KARDASHIAN
Umunyamideri ukomeye muri Leta zunzu ubumwe z’ Amerika ndetse akaba n’ umugore wa Kanye West nawe n’ umwe mu byamamarekazi bikunze kugaragara mu dushya tujyendanye n’ imyambarire idasanzwe haba mu bitaramo ndetse no mu mashusho y’ indirimbo akora .
4.BEYONCÉ
umuhanzikazi Beyonce umugore ufite amateka adasanzwe muri muzika ndetse warongowe n’ umuraperi Jay Z nawe yigeze kugaragara yambaye ikanzu yavugishije benshi .
5.ASHLEY GRAHAM
umunyamideri wagize umwuga ibijyanye no kwamamaza imyenda muri Leta zunzu ubumwe z’ Amerika nawe yigeze kugaragara yambaye ikanzu itangaje .
6.AMBER ROSE
umugore kuri ubu umaze gukundana n’ abahanzi benshi bikarangira batandukanye , nawe yigeze gutungurana mu myambaro igaragaza ibice bye by’ ibanga ubwo yari yitabiriye igitaramo cyo gutanga ibikombe ku bahanzi bitwaye neza muri Amerika .
7.Katy Perry
Umuhanzikazi nawe wagiye ukundwa mu ndirimbo nyinshi zitandukanye nawe yashyizwe ku rutonde rw’ abahanzi bavugishije benshi kubera ikanzu itangaje yigeze kwiyambika
8.Iggy Azarea
umuraperikazi kuri ubu uhanganye n’ abahanzi batandukanye barimo Nick Minaj nawe nubwo adasiba mu Itangazamakuru yigeze kugaragara yambaye imyenda benshi bita ko ishotora abagabo.
9.Nick Minaj
Umuraperikazi benshi bahamya ko ariwe mwamikazi wa Hip Hop ku isi Minaj yigeze guca igikuba ubwo yajyaga mu gitaramo atambaye isutiye benshi batangazwa n’ imyambarire ye badasanzwe bamuzi ho .
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *