skol
fortebet

Reba ibigwi by’umuhanzi Bebe Cool uri mu bakize mu karere k’ibiyaga bigari

Yanditswe: Wednesday 02, Dec 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi,Umwanditsi, Umukinnyi wa Filimi ndetse akaba atunganya umuziki, amazina yiswe n’ababyeyi ni MosesSsali,yavutse tariki ya 1 Nzeri 1977 ni umuhanzi ukora injyana ya Reggae akaba yaravukiye mu gihugu cya Uganda.

Sponsored Ad

Yatangiye umwuga we wo kuririmba ahagana mu 1997 ari i Nairobi muri Kenya, ariko nyuma yimyaka mike asubira mu gihugu cye kavukire cya Uganda.

Bebe Cool yari umwe mu bahanzi ba mbere bifatanije na Ogopa DJs, inzu ikomeye itunganya ibijyanye no gukora no kugurisha mu bya muzika muri Kenya.

Bebe Cool yize amashuri abanza mu kigo cya Aga Khan mu mujyi wa Uganda i Kampala ishuri rya Kitante Hill, na Makerere College College aho yize amashuri ariko areka ishuri umwaka umwe mbere yuko arangiza.

Amashuri yisumbuye yize ibya Fiziki , ubutabire, ibinyabuzima, n’imibare (PCB&M). Bebe Cool (yahoze yitwa Bebe Bunton) yatangiye umwuga we wa muzika kuva mu mashuri yisumbuye ubwo yakundaga gukora ibijyanye n’ibyimyidagaduro mu kigo.

Bebe Cool yegukanye ibihembo byinshi aho twavugamo ibyo yegukanye inshuro eshatu nk’umuhanzi w’umwaka muri HiPipo Music Awards ndetse ari mu batsindiye ibihembo byinshi muri Pearl of Africa Music Awards (PAM Awards).

Yatorewe ibihembo bya Kora All-African Awards mu 2003 na 2005. Aho yanazengurutse u Bwongereza na Amerika mu kumenyekanisha ibihangano bye.

Yagiye akorana n’abahanzi bakomeye batandukanye ku isi aho twavugamo Halima Namakula, umucuranzi w’umugore w’inararibonye muri Uganda. Mu bindi wamenya kuri uyu mugabo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa