skol
fortebet

Reba ibintu 10 utaruzi byerekeranye n’umuhanzikazi Nyarwanda Butera Knowless

Yanditswe: Tuesday 25, Apr 2017

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne D’arc uzwi nka Butera Knowless ubu wamaze no kuba umugore ndetse akaba afite n’umwana w’amezi atanu buriya hari ibintu byinshi bimwerekeyeho wowe utaruzi,ubu tukaba twifuje kubagezaho bimwe mu bintu 10 ushobora kuba utazi kuri Knowless Butera. 1.Butera Knowless ahanini ngo ababazwa n’ibintu byinshi amaze kugeraho mu muziki ariko akaba nta muntu n’umwe mu babyeyi be haba Mama we Cg Papa wo kubimurikira..!
2.Knowless Butera buriya ngo ashimishwa n’abana kuko (...)

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Nyarwanda Butera Jeanne D’arc uzwi nka Butera Knowless ubu wamaze no kuba umugore ndetse akaba afite n’umwana w’amezi atanu buriya hari ibintu byinshi bimwerekeyeho wowe utaruzi,ubu tukaba twifuje kubagezaho bimwe mu bintu 10 ushobora kuba utazi kuri Knowless Butera.

1.Butera Knowless ahanini ngo ababazwa n’ibintu byinshi amaze kugeraho mu muziki ariko akaba nta muntu n’umwe mu babyeyi be haba Mama we Cg Papa wo kubimurikira..!

2.Knowless Butera buriya ngo ashimishwa n’abana kuko ngo abana basobanura amahoro

3.Knowless kdi buriya ngo yikundira kurya IBIJUMBA n’IMYUMBATI

4.Knowless ikintu yanga kdi mu buzima kurusha ibindi..ni ukugirana ikibazo n’umuntu nawe yabigizemo uruhare.

5.Knowless mu buzima bwe buriya ngo hari umuntu ukomeye yifuza guhura nawe…uwo muntu ngo ni IMANA.

6.Knowless buriya ngo yikundira amabara abiri “UMWERU na ROSE”Niyo mabara haba munzu ndetse no mu myambarire aba yumva yakwiyambarira Cyangwa se agategura.

7.Knowless ku isi akunda umuhanzi wo mu gihugu cy’Amerika uzwi nka “Brandy”.

8.Knowless ni byinshi yakuye mu muziki..gusa hari ikimushimisha kurusha ibindi..ngo nuko yabashije kwiyishyurira Kaminuza mu mafaranga yakuraga mu muziki.

9.Knowless Butera nta kandi kazi agira uretse gukora umuziki gusa…Niwo akuramo byose..mbese niko kazi ke.

10.Mu ndirimbo nyinshi Knowless yakoze nawe atibuka umubare neza..buriya ngo indirimbo akunda cyane ni iyitwa ngo “ICYIZERE”.

Ngayo nguko ibyo nibyo bintu 10 utaruzi kuri Knowless Butera twabashije gukusanyiriza abasomyi b’umuryango.rw ndetse n’abakunzi ba Knowless byumwihariko.

Martin MUNEZERO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa