skol
fortebet

Reba ibyamamare/kazi ku isi birimo Nick Minaj na Rihanna bisize MUKOROGO mu buryo bukabije[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 29, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Bamwe mu byamamare bakunze kugaragara imbere ya camera basa neza n’ubabonye akanezezwa n’ubwo bwiza bafite bushamaje, ariko nyuma bikaza kugaragara ko ubwo bwiza baba babukesha mukorogo (makeup).

Sponsored Ad

Amafoto dukesha ikinyamakuru Thelist.com aragaragaza ibyamamare bitisize iyi mukorogo, aho ubareba ukibaza niba ari babandi wari usanzwe uzi cyangwa niba ari indi sura batijwe.

Amafoto abiri y’Umunyamerika Demi Lovata wamamaye muri muzika


Icyamamare muri muzika, Nick Minaj mu bwiza butandukanye yisize atanisize mukorogo


Tyra Banks wamamaye nk’umunyamakuru kuri televiziyo, umukinnyi wa Film, producer, umushoramari, umunyamideli,… ubwiza afite ahanini butizwa umurindi na mukorogo


Icyamamare Kate Perry wamamaye n’indirimbo ze zirimo ‘Roar’ aha ubwiza bwe buragaragaza itandukaniro mu gihe nta mukorogo


Umukinnyi Jessica Alba wamamaye mu gukina filimi, azwi cyane muri filim ‘The Sleeping Dictionary’


Kylie Jenner, ni umunyamideli w’umunyamerika ndetse akaba n’umunyamakuru kuri televiziyo


Uyu ni icyamamare muri muzika Lady Gaga unazwiho gukora udushya ku rubyiniro


Uyu muririmbyi w’umunyamerika Marilyn Manson, maso bigaragara ko ari nk’irangi yasizwe mu maso


Isura ya RuPaul usanzwe afite isa nk’iy’abagabo, ni umukinnyi wa filimi, umuririmbyi,…


Amasura abiri atandukanye ya Shakira, icyamamare muri muzika, akaba n’umugore w’icyamamare muri ruhago, Gerard Piqué


Icyamamare Rihanna mu isura itariho mukorogo, n’indi yayishyizeho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa