skol
fortebet

Reba Ifoto ya Miss Akiwacu Colombe yatangaje benshi mu bayibonye

Yanditswe: Monday 16, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

Miss Akiwacu Colombe yabaye Miss Rwanda 2014 kuri ubu akaba akorera ibikorwa bye byiganjemo kumurika imideli mu mugi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa.
Iyi niyo foto ya Miss Akiwacu Colombe yatangaje benshi
Uyu mukobwa ukunze gushyira hanze amafoto atangaje ku munsi w’ejo yongeye gushyira hanze ifoto itangaje ku rukuta rwe rwa Instagram. Iyi foto ikoranye ubuhanga ndetse urebye uburyo iri kuri instagram ukaba utapfa gusobanukirwa n’ubwo ari ibintu byoroshye kubikora ku muntu wabashije (...)

Sponsored Ad

Miss Akiwacu Colombe yabaye Miss Rwanda 2014 kuri ubu akaba akorera ibikorwa bye byiganjemo kumurika imideli mu mugi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa.

Iyi niyo foto ya Miss Akiwacu Colombe yatangaje benshi

Uyu mukobwa ukunze gushyira hanze amafoto atangaje ku munsi w’ejo yongeye gushyira hanze ifoto itangaje ku rukuta rwe rwa Instagram. Iyi foto ikoranye ubuhanga ndetse urebye uburyo iri kuri instagram ukaba utapfa gusobanukirwa n’ubwo ari ibintu byoroshye kubikora ku muntu wabashije kubitekereza.

Ibitekerezo

  • Uyu yigeze kuba Miss Rwanda 2014.Ubundi NYAMPINGA,bivuga umukobwa witonda,ntangarugero.Ariko mu byukuri,abakobwa bakoresha iyi Title,bishakira kumenyekana (fame) n’ubukire.Bamwe ubu babyaye ibinyendaro.
    Uyu Miss LA COLOMBE,aba muli France,aho akora akazi ka Fashion Model (Mannequin).Birababaje kubona asigaye yanika amabere ye,ibibero na sex imbere y’abazungu,kugirango abone amafaranga.Cyokora koko arayabona menshi.Aba bakobwa bakora akazi ka Fashion Model baryamana n’abazungu.Ubwo se ibyo nibyo Nyampinga w’u Rwanda koko?Abakobwa benshi bibeshya ko UBUTO (youth) bagomba kububyaza umusaruro.Nyamara imana idusaba kuyishaka igihe tukiri bato,tutari twasaza (Umubwiriza 12:1).Uyu wanika umubiri we ngo bamurebe ko ari igitangaza,ejo azaba ari umukecuru,nta muntu umureba.Ajye areba amafoto ya ba Nana MUSKURI.Bali beza kumurusha.Tugomba gushaka imana,tukayikorera,aho kwishimisha gusa mu byisi.Kuko abantu bose bibera mu byisi gusa,imana ibafata nk’abanzi bayo (Yakobo 4:4).Bityo ntabwo bazabona ubuzima bw’iteka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa