skol
fortebet

Reba uburanga bw’umukobwa uri kuvugwaho gukundana n’umunyarwenya Rutura ’Nkusi Arthur’[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 17, Feb 2019

Sponsored Ad

skol

Mu minsi ishize umunyarwenya akaba n’umunyamakuru Arthur Nkusi aherutse gushyira ahagaragara ifoto ari kumwe n’umukobwa utarahise amenyekana izina neza kubera ifoto itagaragaraga neza.

Sponsored Ad

Nubwo iyi foto yashyizwe hanze na Arthur Nkusi ku munsi w’abakundana abinyujije ku rubuga rwe rwa instagram itagaragaraga neza ariko hari bamwe mu bafana be bahise bavumbura umukobwa bari kumwe abenshi bahuriza kuri Fiona Muthoni aho hari hanashize iminsi abajijwe iby’umubano we na Arthur kuri KT Radio akirinda kugira byinshi abivugaho.

Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto agaragaza ubwiza bwa Fioni Muthoni wabaye igisonga cya mbere cya Miss Africa 2017, umukobwa uvugwaho gukundana n’umunyarwenya Arthur Nkusi.



Ibitekerezo

  • Gukundana by’iki gihe,bifite ibindi bisobanuro bibabaza Imana yaturemye.Ibyo benshi bita "gukundana",ni ukuryamana.Akenshi birangira batandukanye.Ibyo se nibyo gukundana Imana idusaba?Kandi bikorwa n’abiyita Abakristu.Kuba abantu basigaye basuzugura Imana uko bishakiye,byerekana ko turi mu minsi y’imperuka nkuko Bible ivuga.Nubwo babikora mu rwego rwo "Kwishimisha",bizababuza ubuzima bw’iteka muli paradizo.Gukora ibyo Imana itubuza kugirango wishimishe,ni ukugira ubwenge buke.Kuko bibabaza Imana yaduhaye umubiri idukunze,ishaka ko tuyumvira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa