skol
fortebet

Reba ubwiza n’imiterere by’umunyamakuru wa Kiss FM Antoinette Niyongira wahogoje benshi kubera ijwi[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 17, Feb 2021

Sponsored Ad

skol

Antoinette Niyongira , n’umugore umaze igihe kinini mu mwuga w’itangazamakuru wamuhiriye cyane bitewe n’ijwi rye ryahogoje benshi bigatuma aba icyamamare. Si ijwi ryiza gusa afite , kuko abamubonye benshi banahamya ko ari mwiza kandi ateye neza ahanini ugendeye ku gihagararo cye.

Sponsored Ad

Benshi cyane birukira kumva radiyo iya ariyo yose iba iriho uyu mugore , kubera ukuntu avuga neza kandi aba anakora ibiganiro by’ubwenge ndetse n’ibifasha rubanda nyamwinshi , nko guhuza abakunzi n’ibindi kuri ubu yumvikanamo kuri Radiyo ya Kiss fm bituma abantu baruhuka mu mutwe.

Yatangiye gukundwa cyane kuva ubwo yabarizwaga kuri radio ya Isango Star , maze ibintu biza kumubana ubuki cyane mu mwaka wa 2015 ,ubwo yongezwaga umushahara akajyanwa kuri Radiyo ikomeye , ndetse muri uwo mwaka aranahirwa cyane kuko aribwo yanakozemo ubukwe n’uwo biheberanye Kigenza Aime Patrick kuri ubu bafitanye umwana umwe witwa Abe Shami Kigenza.

Mumafoto aranga uyu muryango , ibintu biba ari umunezero gusa , nkaho usanga bari mubyishimo akenshi basohokeye ahantu hatandukanye , kandi ugasanga bitanaho kurwego rwo hejuru urukundo ari rwose.

Twifashishije urubuga rwa Instagram , twaguhitiyemo amwe mumafoto agaragaza ukuntu umunyamakuru Antoinette Niyongira ari mwiza kandi abayeho mumunyenga w’urukundo n’umuryango we kuva yarushinga.

REBA HASI AMAFOTO MU BIHE BITANDUKANYE:















Ibitekerezo

  • Ariko abanyamakuru namwe murakabya, nk’iyi nkuru imariye iki abanyarwanda bazonzwe n’ingaruka za covid- 19

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa